Kuwa 10 Ukwakira 2025 mu nama rusange y’abatunganya ibikomoka ku mpu hizwe uburyo amashyirahamwe abiri yakwishyira hamwe , hakurikijwe amategeko kugirango uyu...
Mu rugendo rwo kubaka igihugu gishingiye ku buringanire n’ubwuzuzanye, abari n’abategarugori b’Abanyarwandakazi bakomeje kugaragaza uruhare rukomeye mu iterambere ry’u Rwanda. Uhereye mu...
Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA), yatangaje ko abantu basenyewe n’ibiza byatewe no kuzura k’umugezi wa Sebeya mu Karere ka Rubavu, mu Murenge wa...
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE), igaragaza ko kuva Itorero Indangamirwa ryatangira mu myaka 15 ishize, rimaze gutororezwamo abasore n’inkumi b’Abanyarwanda 5...
Nk’uko bitangazwa na Ngamije Jean de Dieu, umunyamabanga wa koperative COMIKA, avuga ko mu bikorwa byo guteza imbere abaturage harimo gufasha abatishoboye...
Raporo y’Ikigo cy’ubushakashatsi ku icungamutungo n’Amahoro izwi nka ‘Global Peace Index: GPI’ yashyize u Rwanda ku mwanya wa kabiri muri Afurika y’Iburasirazuba...
Ntambara Vianney, umwe mu barwanye urugamba rwo kubohora u Rwanda kuva mu 1990 ubu akaba ageze mu zabukuru, yanyuzwe no kubona ubuyobozi...
Ibihugu bitandukanye birimo Kenya, u Burundi ndetse n’u Rwanda biri kungurana ibitekerezo n’ubunararibonye ku buryo bwo kwita ku bafite ubumuga mu bihe...
Ababyeyi bo mu Karere ka Musanze bashimye cyane uruhare rw’ibigo byita ku bana bato bizwi nka Urugo Mbonezamikurire (ECDs), bavuga ko byagize...
Guverinoma y’u Rwanda n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zamaze gushyikiriza Leta Zunze Ubumwe za Amerika umushinga w’amasezerano y’amahoro. Aya makuru yemejwe...