Minisiteri y’Ibidukikije irabasaba abaturage kureka gukoresha ibikoresho bya pulasitike bikoreshwa rimwe kuko usibye kuba byangiza ibidukikije binatuma basesagura amafaranga yabo. Henshi muri...
Inzego z’ubuzima mu Rwanda, ziremeza ko kugeza ubu 70% abarwayi bakabaye bajya kwa muganga ku ndwara zivuzwa n’abajyanama b’ubuzima, basigaye bazivura zitaragerayo....
Mu murenge wa Save ho mu Karere ka Gisagara abakozi bakorera mu ruganda rw’Agaciro C.K.J Company Ltd bishimira iterambera bamaze kugeraho babikesha...
Mu gihe muri iyi minsi abaryamana bahuje igitsina mu Rwanda bakomeje kugaragara umunsi ku w’undi, Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima mu Rwanda RBC...