Ibura ry’amazi mu bice bimwe na bimwe by’u Rwanda ryakomeje kuba imbogamizi, bigatera abahinzi ikibazo cy’amapfa cyaterwaga nuko imyaka yumiraga mu mirima...
Kuri iyi taliki ya 7 kugeza kuya 9 Ugushingo 2018, i Kigali, hari kubera inama mpuza mahanga ku buvuzi bwihuse bw’indembe, bukaba...
Bimenyimana J. Ubwiyongere bw’indwara zidakira bukomeje kugenda buzamuka kandi buhangayikisha isi. Ikibazo kikiri ingorabahizi, ni uko imyumvimvire y’izo ndwara cyane cyane mu...
Umujyi wa Kigali utegura buri kwezi Imyitozo ngororamubiri ihuza abawutuye, hagamijwe kwirinda indwara zitandukanye cyane izitandura nk’indwara z’umutima; diabète n’izindi. Perezida wa...
Nyuma y’imyaka isaga 10 gahunda zo gutanga imiti igabanya ubukana bwa virus itera Sida isakajwe mu gihugu, iki nigihe cyo kureba ukuntu...
Urugaga Nyarwanda rw’inzobere mu by’imiti “National Pharmacy Council”, ruvuga ko bamwe mu bakora mu mavuriro n’ibitaro bya leta n’ibyigenga baba batarabyigiye, ibi...
Abaturage bo mu Kagari ka Munini, murenge wa Rwimbogo , Akarere ka Gatsibo bakomeje kwishimira ivuriro bubakiwe mu kagari ka Munini. Iri...
Abanyeshuri bagera ku 1038 bahawe impamyabumenyi z’icyiciro cya kabiri n’icya gatatu cya Kaminuza, mu masomo atandukanye atangirwa muri Kaminuza yigenga ya Kigali...
Tariki ya 9 Ukwakira 2017, wari umunsi mpuzamahanga wo kuzirikana abashehe akanguhe ku isi yose. Mu murenge wa Kimisagara, Akarere ka Nyarugenge, ...
Ubucucike bwa serivisi mu cyumba kimwe mu Mirenge inyuranye mu Rwanda, bituma abaturage batakirwa neza kandi byihuse. Ibi bitangazwa n’ abaturage batuye...