Minisiteri y’Ubuzima itangaza ko mu Rwanda abana 12% bakirwara impiswi kubera amazi mabi akoreshwa mu miryango yabo.Byatangarijwe mu nama mpuzamahanga y’iminsi itanu...
Ibi byabitangajwe na Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango ubwo yafunguraga ku mugaragaro Inama mpuzamahanga y’iminsi ibiri igamije gushishikariza abagabo kugira uruhare mu kwirinda...
Umuryango w’urubyiruko ruharanira uburenganzira bwa muntun’iterambere (Association de la Jeunesse pour la Promotion des Droits de l’Homme et développement (AJPRODHO–JIJUKIRWA) washyikirije ibikoresho bitandukanye...
Kuri uyu wambere taliki ya 21/5/2018 ikigali hateraniye inama mpuzamahanga ku gukusanya no kugenzura amakuru ku bijyanye n’amazi n’isukura ku bihugu bitandukanye...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Huye baratangaza ko bishimira gahunda yo guhinga imirima y’imboga zo mu gikoni, kuko byabaviriyemo gusezerera...
Igikorwa cyo guhuza imihigo y’Akarere cya buri kwezi kimaze gutanga umusaruro wo kwihutisha imihigo y’Akarere kugirango yeswe neza kandi ku gihe. Uko...
Abamotari bagize koperative Mbahafi baza ku isonga ry’abatwara ibinyabiziga bya moto mu Karere ka Nyarugenge Aba bamotari bemeza ko bakorana neza...
Mu cyegeranyo cyatangajwe n’umuryango urwanya ruswa n’akarengane mu Rwanda, Ishami ry’Rwanda (TR-Rwanda), tariki ya 9 Werurwe 2018, washyize ku mugaragaro icyegeranyo wakoreye...
Taliki ya 8 werurwe 2018 hizihijwe umunsi mpuzamahanga w’umugore kw’isi yose ku nshuro ya 46, mu Rwanda uyu munsi wizihijwe ku nshuro...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 6 werurwe, 2018 i Kigali hatangiye inama mpuzamahanga yiga ku shyirwaho ry’isoko rusange ya Afrika. Ni inama...