Nk’uko bitangazwa n’umuyobozi wa Camp Kigali Niyonsenga Jean de Dieu avuga ko bashishikariza abana ba bakobwa kwiga siyansi n’ikoranabuhanga kuko ari amwe...
Nkuko bitangazwa n’umuyobozi wayo Bwana Bayingana Eulade avuga ko imwe mu ntego yabo ari guha agaciro abakiriya babo, aho bita cyane ku...
Minisiteri y’uburezi yatangaje amanota y’abarangije amashuri abanza, icyiciro rusange ndetse n’amashuri y’inderabarezi (TTC), aho mu banyeshuri bakoze ibizamini by’abanza bangana na 286,721,...
Umushinga Save Generation Organization (SGO), nyuma y’ubushakashatsi bwakorewe ku bangavu n’ingimbi mu gihe cy’amezi 17, wasanze abo bana nta makuru ahagije bafite...
Iwacu+ 250 Bar & Restaurant iherereye sonatube uzamuka ujya Nyanza ya Kicukiro mu ruhande rw’ibumoso ni ku cyapa cya mbere imodoka zihagararaho....
Aloys Supply company ni uruganda rutunganya akawunga ku buryo bugezweho hifashishijwe imashini zujuje ubuziranenge rukaba ruherereye mu karere ka Rwamagana . Aya...
Royal Express ni ikigo gikora umurimo wo gutwara abagenzi mu mujyi wa Kigali, mu mihanda itandukanye ya Nyabugogo-Nyanza, mu Mujyi-Saint Joseph, Nyanza-Kimironko...
Minisiteri y’Uburezi yemeje ko mu kiciro cya mbere cy’amashuri abanza bigisha mu rurimi rw’Icyongereza ariko n’Ikinyarwanda kigahabwa umwanya uhagije, bikaba byishimiwe cyane...
Akarere ka Rutsiro karangwamo ibyiza nyaburanga byinshi birimo igice kinini k’Ikiyaga cya Kivu, imisozi iteye amabengeza inyuzemo umuhanda wa Kivu-Belt uhuza Rutsiro...
Umuyobozi Mukuru w’Agateganyo ushinzwe umurimo muri MIFOTRA Mwambari Faustin (iburyo), Yosam Kiiza Umuyobozi Mukuru wa Imanzi Business Instutute (Hagati) na Marie Pierre...