Abanyamahanga barimo n’abakorera Imiryango mpuzamahanga, na bakozi ba Guverinoma ni kenshi basura ibikorwa bya byuyu midhora mari SINA Gérard Umuyobozi wa, SINA...
NIRDA ikigo cy’Ubushakashatsi n’Iterambere ry’Inganda,cyatangije amarushanwa ku batunganya ibikomoka ku biti arimo miliyoni magana atatu z’amafaranga y’u Rwanda (300,000,000Frw), bashaka ubufasha bwo...
Musabyimana Jean Cloude umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI), avuga ko kugira ngo igihugu kibe mumutekano w’ibiribwa hari byinshi byo gukorwa...
Imyaka ibaye irindwi abakoresha ikompanyi itwara abagenzi yitwa Kigali Coach bishimira serivise ibaha . Sosiyete itwara abantu, Kigali Coach imaze imyaka 7...
Mu murenge wa Rukumberi, ahagana saa sita z’amanywa, abahinzi baranyuranwamo bava gusarura imyaka hafi n’igishanga cy’Akagera gikikije uyu murenge. Bafite imizigo yiganjemo...
Umusaza witwa Munyempano Dominique w’imyaka 85 y’amavuko wamenyekanye nka ’Kanyandekwe’ muri filime y’uruherekane ya ‘Seburikoko’, yemereye urukiko ko yasambanyije umwana w’imyaka irindwi...
Minisiteri y’uburezi imaze guhabwa ibitabo birenga miliyoni bizafasha abana gusoma.Izi mfashanyigisho z’ibitabo, zatanzwe n’Igihugu cy’Amerika nk’uko bitangazwa n’ambasaderi w’Amerika mu Rwanda Peter...
Ibi ni ibitangazwa na Uwingabire Ethiene, Umuyobozi mukuru w’ishyirahamwe ry’abarwaye diyabeti mu Rwanda, kuya 5 ukwakira 2019 mu karere ka Nyarugenge hatangiraga...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 28/09/2019 Kicukiro m’umurenge wa Gatenga, umuganda rusange ngarukakwezi wahujwe no gusomesha abana inkuru...
Kuri uyu wa kabiri tariki 24 Nzeri 2019, Umuryango wita ku bana SOS Children’s Villages Rwanda wizihije isabukuru y’imyaka 40 ukorera mu...