Mu itangazo Minisiteri y’ ubuhinzi n’ ubworozi yashyize ahagaragara iravuga ingendo n’ ubucuruzi bw’ amatungo arimo inka, ihene, intama n’ ingurube mu...
Abashakashatsi bari mu nzira zo kuduha ikinini gishobora kugira akamaro nk’ak’imyitozo ngororamubiri ku buryo umuntu azajya akinywa kigasimbura siporo n’indi myitozo. Ikinyamakuru...
Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango(Migeprof),iratangaza ko mu mwaka wa 2016, abana b’abakobwa bari hagati y’imyaka 16 na 19 bagera ku 17.500 batewe inda...
Ibi ni ibyagarutsweho kenshi mu nama nyunguranabitekerezo ku bufatanye na PRO-FEMME Twese Hamwe ku ngamba zigamije kongera umubare w’abagore bitabira kujya mu...
ECOPLASTIC ni uruganda rusanzwe rutunganya imyanda, ikongera kuvamo ibikoresho bishya bitandukanye, ubuyobozi bwarwo rbukaba vuga ko imyanda ari umutungo kamere ntagereranywa, ikaba...
Ubusanzwe amata ni ikinyobwa gikenera isuku yihariye kurenza ibindi ndetse abanyarwanda bavuga ko bigoye kuyatokora ngo nyuma anyobwe. Uretse inenge ziboneshwa amaso...
Ikipe y’igihangange yo mu gihugu cya Espagne, irasa n’iyageze ku mu kino wa nyuma w’igikombe cy’ikipe zitwaye neza mu bihugu byayo ku...
Umuryango Children’s Voice to Day, ku nkunga y’umushinga Plan International, Tariki ya 27 Mata 2017, washyikiriye amatsinda (Clubs) z’abanyeshuri mu bigo by’amashuri...
Ubuzima ku isi ntibwari gushoboka iyo hatabaho uruhurirane rw’ibintu bitandukanye. Kugeza mu kinyejana cya 20, bimwe muri ibyo bintu ntibyari bizwi ibindi...
Kugira ngo uruyuki rugwe, rugenda rugabanya umuvuduko ukagera hafi kuri zeru. Kugira ngo rubigereho, rupima umuvuduko warwo n’uburebure bw’urugendo ruri bukore maze...