Hambere iyo umwana yavukiraga kwa muganga atagejeje igihe yashyirwaga mu byuma bimushyushya bizwi ku izina rya couveuse. Ubu ibyo byuma ntibigikoreshwa ahubwo...
Akarere ka Gakenke ni kamwe mu turere dutanu tugize intara y’Amajyaruguru. Aka karere gafite ibigo nderabuzima 23, niko karangaje imbere y’utundi turere...
Indwara ya Diyabete ihangayikshije isi kuko ikomeje kuzamura ubukana, ibyo kandi bikaba bibi kurushaho, kuko abenshi mubarwaye iyo ndwara bativuza kuko batazi...
Mu butumwa abitabiriye umuganda rusange w’ukwezi k’Ukwakira 2017 wakorerwe mu mudugudu wa Bugari, Akagali ka Munini, Umurenge wa Ruhango bagejejweho n’Intumwa ya...
Ikibazo cy’amakimbirane mu miryango ni ikibazo kigenda gifata indi ntera akaba ari yo mpamvu Akarere ka Gicumbi gakomeje urugamba rwo kuyahashya mu...
Urubuga rwa internet honey-health ruvuga ko ubuki ari kimwe mu biribwa no mu binyobwa biryoha, bifite intungamubiri nyinshi, nka vitamini B1, B2,...
Abatwara abagenzi kuri moto mu Mujyi wa Kigali bibumbiye muri Koperative Mba Hafi baremeza ko bakomeje gahunda yo kubyaza umusasaruro wo...
Ibi ni biyagaragajwe n’Ubushakashatsi bwakorewe mu ishuri ryiga ibijyanye n’ibyaha ryitwa Griffith University mu gihugu cya Australia. Icyatangaje abashakashatsi ngo ni uko...
Ibi ni ibyagarajwe n’ibarura ryakozwe n’aka karere ka Gakenke ku bufatanye n’inzego z’ubuzima mu 2016 rikagaragaza ko Impinja 15 ku gihumbi arizo...
Imboga zibonekamo vitamine z’ingenzi kandi nyinshi kimwe n’imyunyu-ngugu ishobora gufasha mu kugira ubuzima buzira umuze no kugabanya stress. Ibi bigaragazwa n’ubushakashatsi bwakozwe...