Ubu mu Rwanda abafite ubumuga bw’uruhu rwera , bavuga ko batotezwa bakanahohoterwa birimwo gufatwa ku ngufu, gucibwa intege aho bagiye gushaka akazi...
Iterambere rirambye ni uguhorana ubushake bwo kurenga aho turi uyu munsi mu mitekerereze ndetse no mu buryo dushyira intekerezo zacu mu ngiro,...
URwanda ni kimwe mu bihugu bishyize imbaraga mu guhangana n’ihindagurika ry’ikirere aho hagiye hashyirwaho ingamba zitandukanye Kugirango harengerwe ibidukikije Habamungu Wenceslas umuyobozi...
Bamwe mu rubyiruko rwo mu Karere ka Musanze bataganirijwe ku buzima bw’imyororokere byabagizeho ingaruka zitandukanye. Muri zo harimo kurwara indwara zandurira mu...
Akarere ka Rwamagana karasaba buri muntu ko yagira uruhare mugukumira no gutangira amakuru kugihe Kugirango ihohoterwa rikorerwa abana ba bangavu ricike. Mukarere...
Ejo heza rugende rice ni koperative ihinga umuceri mu gishanga cya Rugende , iki gishanga gikora ku mirenge ya Muyumbu , Masaka...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, ryatangaje ko ku nshuro ya mbere muri Afurika y’Iburengerazuba muri Guinée, habonetse virus ya ‘Marburg’...
Mubuzima bwa buri munsi ikiremwa muntu gicyenera ibimera bitandukanye kugirango kibashe kubaho no kugira ubuzima buzira umuze muribyo harimo umu cyayicyayi ,umuhumuro...
Muri kigihe icyorezo cya COVID-19 cyakajije ubukana mu kwiyongera ku bwandu bushya ndetse ikaba iri kwihinduranyamo ubundi bwoko bushya bwa Virusi ,bamwe...
Minisitiri w’Ubuzima, Dr Ngamije Daniel, yatangaje ko hari ibimenyetso bifatika by’uko ubwoko bushya bwa Coronavirus buzwi nka Delta bwageze mu Rwanda, bikaba...