ECASSA ihuje ibihugu umunani byo muri Afurika yo hagati n’iy’iburasirazuba, ibangamiwe no kuba pansiyo idatangwa mu buryo bumwe muri ibyo bihugu. Umuryango...
Akarere ka Gakenke ni kamwe mu turere dutanu tugize intara y’Amajyaruguru. Aka karere gafite ibigo nderabuzima 23, niko karangaje imbere y’utundi turere...
ECASSA (East and Central Africa Social Security Association) ihuje ibihugu umunani byo muri Afurika yo hagati n’iy’iburasirazuba, ibangamiwe no kuba pansiyo idatangwa...
Bamwe mu baturage bo mu turere twa Musanze na Burera bemeza ko bamaze gusobanukirwa na Mituweli bakavuga ko bitakiri ngombwa gukoresha imbaraga...
Bamwe mu baturage bo mu turere twa Musanze na Burera bemeza ko bamaze gusobanukirwa na Mituweli bakavuga ko bitakiri ngombwa gukoresha imbaraga...
Abagana kuri Standi ya RSSB kandi basobanukirwa n’ibyerekeye ishoramari RSSB ikora, dore ko hari bamwe batabyumva neza. Ishami rishinzwe ishoramari muri RSSB...
Iyo umuntu agereranyije uko abanyarwanda bari babayeho mbere y’uko Ubwisungane mu kwivuza (Mituelle de Santé), abanyarwanda bamaze kumenyera ku izina rya Mituweli, ...
Ikigo cy’ubwiteganyirize cy’u Rwanda RSSB (Rwanda Social Security Board), kirahamagarira abanyarwanda kukigana ngo basobanukirwe ibijyanye na Serivisi zayo. Serivisi zitandukanye ziratangwa n’abakozi...