Atangiza ku mugaragaro igihembwe cy’ihinga 2017B umuyobozi w’Akarere ka Nyagatare, Mupenzi Georges, yakanguriye abahinzi gukora ubuhinzi bw’umwuga kuko ari bwo n’umusaruro wiyongera...
Nyuma y’igihe Kaminuza ya Kigali ikorera mu nzu y’inkodeshanyo kuri ubu bitarenze umwaka utaha iyi Kaminuza izaba iri gukorera mu nyubako yayo...
Indwara zitandura zikomeje kwiyongera, kubera ahanini imyitwarire y’abantu nayo igenda ihinduka. Ni muri urwo rwego Minisiteri y’Ubuzima imaze gutangiza icyumweru cy’Ubuzima kigamije...
Nkuko Radiyo mpuzamahanga y’abafransa RFI ibitangaza, uyu mugore uvugwaho kuba ashaka kwiyamamariza gusimbura uwahoze ari umugabo we Jacob Zuma, ntajya ahisha ibyifuzo...
Musanze : Abatuye mu mudugudu w’ubumwe n’ubwiyunge ntibishishanya Biragora kwiyumvisha uburyo umuntu warokotse jenoside aturana inzu ku nzu n’uwayigizemo uruhare, bakaryama bagasinzira...
Raporo y’umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane (TI_Rw) iragaragaza ko mu nzego z’ibanze n’izitagenerwa ingengo y’imari, kunyereza umutungo biri hejuru. 40% by’amafaranga afitanye...
Abaturage bo mu Karere ka Rwamagana bakoze igikorwa cyo kuremera bagenzi babo bo mu karere ka Kayonza imbuto y’ibishyimbo. Aba baturage bashimirwa...
Bamwe mu badepite bagize ihuriro ry’abanyarwandakazi bari mu nteko ishingamategeko y’u Rwanda basuye banaganira n’abagore bari mu nzego zitandukanye z’ubuyobozi (abagore) mu...
Ubusanzwe haba ho amoko menshi y’impanga nk’uko abahanga babitubwira, ay’ingenzi ni abiri abitwa vrai jumeau tugenekereje mu Kinyarwanda twasobanura nk’impanga nyazo, na...
Tariki ya 8 Werurwe 2017, mu Rwanda n’ahandi ku isi bizihije umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore. Muri rusange hashize imyaka irenga 40 isi...