Minisitiri w’Ubuzima, Dr Ngamije Daniel, yatangaje ko bitazarenga imyaka ibiri hazatangira kubakwa Ikigo cyihariye ku gusuzuma no kuvura indwara z’Umutima, kizunganira Ibitaro...
buri mwaka ku itaiki ya 29 Nzeri, hizihizwa umunsi mpuzamahanga kubantu barwaye irwara y’umutima, kw’isi (whd) watangijwe kuva 2000 n’urugaga rwa ‘barwayi...
Bamwe mu rubyiruko rwo mu Karere ka Musanze bataganirijwe ku buzima bw’imyororokere byabagizeho ingaruka zitandukanye. Muri zo harimo kurwara indwara zandurira mu...
Bamwe mu rubyiruko rwo mu karere ka Musanze ruvuga ko kuba rwaregerejwe serivisi zo gupima , gutanga udukingirizo Imiti n’ibindi ku buntu...
Perezida Kagame kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 21 Nzeri 2021, yayoboye Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro ku Kacyiru. Iyi nama...
Umuyobozi w’Akarere ka Rwamagana wungirije ushinzwe imibereho myiza y’Abaturage, Mutoni Jeanne, avuga ko ubufatanye bw’inzego zose ndetse n’imiryango, ari bwo buzatuma ihohoterwa...
Akarere ka Rwamagana karasaba buri muntu ko yagira uruhare mugukumira no gutangira amakuru kugihe Kugirango ihohoterwa rikorerwa abana ba bangavu ricike. Mukarere...
Afrika y’Epfo yatangiye gukingira abana icyorezo cya Covid-19. Biri mu mugambi w’okugerageza inkingo z’igihugu cy’Ubushinwa. Urwo rukingo rw’Abashinwa Sinovac Biotech rugeragezwa ku...
Ministeri y’ubuzima mu Rwanda yatangije ibikorwa byo kuvurira kanseri y’inkondo y’umura mu bigo nderabuzima bigize akarere ka Bugesera. Abagore bari hagati y’imyaka...
ikigo cy’Itumanaho cya Airtel Rwanda cyatangaje ko Emmanuel Hamez yagizwe Umuyobozi Mukuru asimbuye Amit Chawla uherutse kwegura ku mirimo ye. Mu 2009,...