Oprah Winfrey yavuze ko igikomangoma Harry yamusobanuriye neza ko atari Umwamikazi cyangwa igikomangoma umugabo we bibajije ku kuntu ibara ry’uruhu rw’umwana we...
Mu gihe ahenshi abakozi bakora akazi ko gupakira ibishingwe no gukubura mu mihanda bagiye bataka ko badahembwa n’abakoresha kandi abakora ako kazi...
Covid -19 yateye igihombo abacuruzi banini n’abato harimwo no kwishyura abakozi badakora Kuva Covid -19 igaragaye mu Rwanda bwa mbere mu Werurwe...
Perezida wa Koperative Light Business ikorera Nyabugogo mu nyubako yo Munkundamahoro bwana Paul Niyonsenga avuga ko bakomeje inzira y’iterambere no gushakira hamwe...
Abafite ubumuga bwo kutavuga kutumva no kutabona aribwo bita ubumuga bukomatanyije barasaba Leta ko bashyirirwa ho ikiciro cyabo kihariye bakitabwaho by’umwihariko bakemurirwa...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buhangayikishijwe n’ikibazo cy’abasambanya abangavu bagakingirwa ikibaba nabo bakobwa nyuma yo kubashukisha amafranga make no kubizeza ko bazabafasha ....
Abaturarwanda bibukijwe ko Guma Mu Rugo ikomeje kuvugwa ahandi na bo bashobora kuyisangamo mu gihe hatabayeho kwitwararika Guverinoma y’u Rwanda itewe inkeke...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 10 Ugushyingo 2020, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje urupfu rw’abagabo babiri barimo uw’imyaka 45 n’uw’imyaka 50 y’amavuko bishwe...
Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye Twagirayezu Gaspard yasuye ishuri rya ‘Collège de Gisenyi Inyemeramihigo’ Umunyamabanga wa Leta ushinzwe amashuri...
Umuyobozi w’ikigo cy’amashuri cya Camp Kigali avuga ko icyorezo cya coronavirus ntacyo cyahungabanije ku mubare w’abana ikigo cyagomba kwakira muri uyu mwaka....