Urwego rushinzwe guteza imbere ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye mu miryango (Gender Monitoring Office),rugaragaza ko abana 2939 mu ntara y’amajyaruguru batwaye inda zidateganijwe, kandi...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi iravuga ko iriho ikora ibishoboka kugirango umusaruro w’amata uboneka mu Rwanda utunganywe neza binyuze mu makaragiro ashyirwa hirya no...
Abahinzi bo mu mirenge ya Matimba na Musheri batuye hafi y’ikibaya cy’Umuvumba barishimira ko nyuma yo guhuza ubutaka bagatangira kubwuhira byabongereye umusaruro...
Minisiteri y’ibikorwa remezo mu Rwanda ivuga ko uturere tugomba gukora igenamigambi ryo gukirakwiza amazi ahantu hose ku buryo amazi meza azagera ku...
Benshi mu bagore bo mu cyaro bazindukira mu turimo tudashira, turimo guhinga, kwita kubana, amatungo no gushaka ibyo kurya nyamara hari benshi...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye Ryita ku Buzima, OMS ryemeje ikoreshwa ry’inzitiramubu zikoranye umuti mushya wo mu bwoko bwa chlorfénapyr, bikaba ari ubwa mbere...
Mu Karere ka Ruhango, biteguye cyane umukandida wa RPF ubasura uyu munsi kuwa 14 Nyakanga 2017, ahasigaye amasaha atari menshi ibikorwa...
Bamwe mu baturage, bemeza ko kubna amazi meza bikibagora n’abayafite bakaba bavuga ko bikiri imbogamizi kuko 20 %b ayabona bijujuta . Nubwo...
Bamwe mu baturage bagana ikigo nderabuzima cya Kinazi, baravuga ko bishimira ishami ry’iri vuriro begerejwe. Abaturage bavuga ko bashimishijwe n’iki gikorwa, kuko...
Nkuko byakunze kugarukwho na rapro zitandukanye, mu ntara y’Amajyaruguru, ni hamwe mu hakunze kugaragara ikibazo gikomeye cy’indwara zibasira abana ziturutse ku mirire...