Ihuriro ry’ibihugu bigize ihembe rigari ry’Afurika ryiga ku iteganyagihe GHOACOF (Greater Horn of Africa Climate Outlook Forum), ryiyemeje gufasha abagore bo mu...
Abahanga mu mibereho ya muntu bagaragaza ko kuba imbata y’ingeso zitandukanye zirimo ibiyobyabwenge, ubusambanyi, n’izindi zitandukanye bishobora kuba intandaro yo kuba umuntu...
Afurika ifite mu mateka yayo abayobozi bavuga ko bakunda imikino, ku buryo banayikina. Abazwi ni Pierre Nkurunziza wihebeye umupira w’amaguru na Idi...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 6 werurwe, 2018 i Kigali hatangiye inama mpuzamahanga yiga ku shyirwaho ry’isoko rusange ya Afrika. Ni inama...
RURA ikigo cy’igihugu cyita ku mirirmo imwe n’imwe cyemeje ko ikigo “YEGO MOTO”. Gikoresha ikoranabuhanga gitangiza gahunda yo gushyira imachini muri moto...
Umuryango Trocaire Rwanda,urahamya ko ihohoterwa rishingiye ku gitsina ari imbogamizi , ku buryo bitoroshye nagato kurandura burundu ihoterwa rishingiye kugitsina dore ngo...
Bamwe mu baperezida bayoboye ibihugu bya Afurika ntibakozwa ibyo gusaranganya ubutegetsi, kabone n’ubwo baba batishimiwe n’abaturage b’ibihugu bayoboye. Abaturage ntibagira umwanya wo...
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 22 Ugushyingo 2017, I Kigali hatangiye imurikagurisha ry’abakora ibikoresho by’ubwubatsi ndetse n’ababicuruza. Ni imurikagurisha rizamara iminsi...
Uwari asanzwe ari Umuyobozi w’Akarere ka Nyamagabe, Mugisha Philbert, yahagaritswe na Njyanama y’Akarere ka Nyamagabe, nyuma yo gutabwa muri yombi mu...
Aba bemeza ko ko bafite ububasha n’ubushobozi bwo kuvura indwara zananiranye mu mavuriro ya kizungu,kuko nta muti uzwi bavurisha keretse amasengesho n’imyemerere...