Mu rwego rwo guteza imbere ubukungu burambye bushingiye k’ubuhinzi ,Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi n’abafatanyabikorwa bayo bagiranye ikiganiro n’urubyiruko rwibumbiye mu ihuriro ”RYAF”rigamije guteza...
Ihuriro ry’abahinzi n’aborozi bo mu karere ka Afurika y’uburasirazuba “EAFF” batangije uburyo bw’ikoranabuhanga rya Telefoni ryiswe “e-Granar” rizafasha abahinzi bo muri aka...
Abashinzwe kubungabunga ibidukikije baturutse mubihugu by’u Rwanda ,Uganda ,na Congo Kinshasa ,kuri uyu wa 26 Ugushyingo 2018 bahuriye mu nama y’umunsi umwe...
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yafashe umwanzuro wo gusubiza Bénin, ibishushanyo by’ubugeni 26 byatwawe n’abasirikare b’igihugu cye mu ntambara yabaye mu myaka...
Kuri uyu wa 20 Ugushyingo 2018, Minisisitiri w’uburezi w’u Rwanda yatangije amarushanwa mpuzamahanga yiswe ’Africa Skills Competition 2018″ ahanganiyemo abanyeshuri bava mu...
Kuri iyi taliki ya 7 kugeza kuya 9 Ugushingo 2018, i Kigali, hari kubera inama mpuza mahanga ku buvuzi bwihuse bw’indembe, bukaba...
Ihuriro ry’ibihugu bigize ihembe rigari ry’Afurika ryiga ku iteganyagihe GHOACOF (Greater Horn of Africa Climate Outlook Forum), ryiyemeje gufasha abagore bo mu...
Abahanga mu mibereho ya muntu bagaragaza ko kuba imbata y’ingeso zitandukanye zirimo ibiyobyabwenge, ubusambanyi, n’izindi zitandukanye bishobora kuba intandaro yo kuba umuntu...
Afurika ifite mu mateka yayo abayobozi bavuga ko bakunda imikino, ku buryo banayikina. Abazwi ni Pierre Nkurunziza wihebeye umupira w’amaguru na Idi...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 6 werurwe, 2018 i Kigali hatangiye inama mpuzamahanga yiga ku shyirwaho ry’isoko rusange ya Afrika. Ni inama...