Kuri iyi taliki ya 7 kugeza kuya 9 Ugushingo 2018, i Kigali, hari kubera inama mpuza mahanga ku buvuzi bwihuse bw’indembe, bukaba...
Umujyi wa Kigali utegura buri kwezi Imyitozo ngororamubiri ihuza abawutuye, hagamijwe kwirinda indwara zitandukanye cyane izitandura nk’indwara z’umutima; diabète n’izindi. Perezida wa...
Ikigo cy’ubwishingizi cya Phoenix cya hindutse (AMU) cyirizeza abakiliya babo serivisi nziza ziganjemo iz’itangirwa ku ikoranabuhanga zitamenyerewe mu bwishingizi mu Rwanda. MUA...
Mu bushakashatsi bakozwe n’umuryango uharanira guteza imbere ihame ry’uburinganire hagati y’umugabo n’umugore, RWAMREC wamuritse kuri uyu wa gatatu tariki ya 29 Kanama...
Ihuriro ry’ibihugu bigize ihembe rigari ry’Afurika ryiga ku iteganyagihe GHOACOF (Greater Horn of Africa Climate Outlook Forum), ryiyemeje gufasha abagore bo mu...
Kuri uyu wa gatanu no kuwa gatandatu tariki 24 na 25 Kanama2018, Abanyarwanda muri rusange n’abakunzi b’uruvange rw’ingumi n’imigeri bahishiwe umukino uryoheye...
Abahanga mu mibereho ya muntu bagaragaza ko kuba imbata y’ingeso zitandukanye zirimo ibiyobyabwenge, ubusambanyi, n’izindi zitandukanye bishobora kuba intandaro yo kuba umuntu...
Ntawakwirirwa asobanurira umuntu uwo ari wese Ronaldinho, kuko ari ikimenyabose. Uyu musore wakiniye amakipe akomeye yo ku mugabane w’I Burayi ataretse igihugu...
ushinzwe ibikorwa by’iyi cooperative New art Style Migambi John yavuze ko afite inzozi z’uko yakura uruby’iruko mu muhanda mu rwego rwo ku...
Umuryango Trocaire Rwanda,urahamya ko ihohoterwa rishingiye ku gitsina ari imbogamizi , ku buryo bitoroshye nagato kurandura burundu ihoterwa rishingiye kugitsina dore ngo...