Mu mirenge yose igize Akarere ka Rwamagana habereye igikorwa cyo gutangiza umwaka wa Mutuelle de sante 2017/2018 ndetse hanakorwa n’ubukangurambaga bugamije gushishikariza...
Ubusanzwe amata ni ikinyobwa gikenera isuku yihariye kurenza ibindi ndetse abanyarwanda bavuga ko bigoye kuyatokora ngo nyuma anyobwe. Uretse inenge ziboneshwa amaso...
Ubuzima bw’imyororokere bugirana isano ya bugufi n’ubwonko, aho usanga ibikorerwa mu myanya ndangagitsina cyangwa indi yose igira uruhare mu myororokere usanga iyoborwa...
Ahugura abaturage , Umukozi wari uhagarariye Ibitaro by’Akarere ka Nyagatare , Bamurange Scovia,ababwira ko zimwe mu ndwara ziterwa n’isuku nke zirimo inzoka,...
Umuryango Children’s Voice to Day, ku nkunga y’umushinga Plan International, Tariki ya 27 Mata 2017, washyikiriye amatsinda (Clubs) z’abanyeshuri mu bigo by’amashuri...
Abashakashatsi n’abaganga bo mu Bwongereza batangaje ko hari ubushakashatsi bamaze igihe bakurikirana basanga umuntu wari ufite Virus itera SIDA agafata imiti neza...
Kwibagirwa bikabije, indwara y’umunaniro ukabije (stress) bishobora gutera ingaruka mbi cyane mu buzima bw’umuntu. Muri izo ngaruka twavuga nka Stress ituma umuntu...
Uru rukingo ruzwi nka RTS,S cyangwa Mosquirix, ruzatangira kugeragezwa guhera mu ntangiriro za 2018, rukaba rwifitemo ubushobozi bwo kurwanya agakoko gakwirakwizwa no...
Ubushakashatsi bwagaragaje ko nta ngaruka zigera ku mwana ukuva nyuma yo gukoresha ibinini byo kuboneza urubyaro kabone n’ubwo umubyeyi yabifata ataziko atwite...
Buri mwaka, isi itakaza tiriyari imwe y’amadorari y’amerika mu guhangana n’ingaruka z’itabi. Triyari imwe y’amadorari ingana na miliyari 1000 z’amadorari. Ibi ni...