ikigo cy’Itumanaho cya Airtel Rwanda cyatangaje ko Emmanuel Hamez yagizwe Umuyobozi Mukuru asimbuye Amit Chawla uherutse kwegura ku mirimo ye. Mu 2009,...
Imibare mishya itangwa na Minisiteri y’Ubuzima igaragaza ko imibare y’abandura ndetse n’abarwara icyorezo cya COVD-19 bakaremba bakomeje kugabanyuka hashingiwe ku mibare y’ubushakashatsi...
Ejo heza rugende rice ni koperative ihinga umuceri mu gishanga cya Rugende , iki gishanga gikora ku mirenge ya Muyumbu , Masaka...
Leta y’u Rwanda ivuga ko yiyemeje kugabanya imyuka igihugu cyohereza mu kirere ku kigero cya 38% bitarenze 2030 Ibikorwa bitandukanye bya muntu...
Abanyeshuri bo mu cyiciro cya mbere cy’amashuri abanza n’ay’incuke, bamaze ibyumweru bibiri biga , batangiye ku wa 2 Kanama 2021 n’ igihembwe...
Mubuzima bwa buri munsi ikiremwa muntu gicyenera ibimera bitandukanye kugirango kibashe kubaho no kugira ubuzima buzira umuze muribyo harimo umu cyayicyayi ,umuhumuro...
Muri kigihe icyorezo cya COVID-19 cyakajije ubukana mu kwiyongera ku bwandu bushya ndetse ikaba iri kwihinduranyamo ubundi bwoko bushya bwa Virusi ,bamwe...
Minisitiri w’Ubuzima, Dr Ngamije Daniel, yatangaje ko hari ibimenyetso bifatika by’uko ubwoko bushya bwa Coronavirus buzwi nka Delta bwageze mu Rwanda, bikaba...