Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rutsiro ntibarasobanukirwa n’ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye mu muryango bigatuma bata inshingano zabo bagasigara inyuma mu iterambere....
Mu gihe isi irimo kwizihiza isabukuru y’imyaka 70 hasinywe kubahiriza uburenganzira bwa muntu, u Rwanda ruratangaza ko rumaze gukora byinshi ngo abanyarwanda...
Mu rwego rwo guteza imbere ubukungu burambye bushingiye k’ubuhinzi ,Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi n’abafatanyabikorwa bayo bagiranye ikiganiro n’urubyiruko rwibumbiye mu ihuriro ”RYAF”rigamije guteza...
Ihuriro ry’abahinzi n’aborozi bo mu karere ka Afurika y’uburasirazuba “EAFF” batangije uburyo bw’ikoranabuhanga rya Telefoni ryiswe “e-Granar” rizafasha abahinzi bo muri aka...
Bamwe mu baperezida bayoboye ibihugu bya Afurika ntibakozwa ibyo gusaranganya ubutegetsi, kabone n’ubwo baba batishimiwe n’abaturage b’ibihugu bayoboye. Abaturage ntibagira umwanya wo...
Imvano y’urwango Museveni yanga u Rwanda Abantu benshi bibaza impamvu u Rwanda rudacana uwaka na Uganda, ndetse abatazi Museveni bamwibeshyaho bakamufata nk’umubyeyi....
Mu minsi ishize humvikanye amakuru ko igihugu cy’ubufaransa cyongeye gusubukura iperereza ku rupfu rw’uwari Perezida w’u Rwanda Gen. Maj. Juvenal Habyarimana, waguye...
Nyuma y’imyaka 22 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ibaye, Christiane Taubira wahoze ari minisitiri w’ubutabera w’u Bufaransa kuva mu 2012 akaba aherutse...
Ubu bufatanye bwatangiriye mu biganiro Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yagiranye n’Abadepite baturutse muri bimwe mu bihugu by’i Burayi, bari mu muryango...
Dr Rose Mukankomeje usanzwe ari Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kurengera ibidukikije, REMA afunzwe n’inzego za polisi aho akurikiranyweho gushaka gukingira ikibaba abayobozi...