Abikorera bo mu murenge wa Masaka , akarere ka Kicukiro barashimwa uruhare bagira mu iterambere ry’umurenge mu bikorwa bitandukanye birimo ibikorwa remezo...
Papa Francis yategetse ko aba-Karidinali n’abandi bakozi imishahara yabo igabanywa mu gihe Vatican ihanganye n’ubukungu bwifashe nabi kubera iki cyorezo. Aba-Kardinali imishahara...
Twasuye zimwe mu nganda zitunganya ibikomoka ku ifarine badutangariza ko muriyi minsi bisaba ubushishozi kugirango batangwa mugihombo bakazima burundu,kubera izamuka r y’ibiciro...
Uyu mwaka, Umunsi mpuzamahanga w’umugore uzizihizwa hifashishijwe insanganyamatsiko igira iti: Abagore mu buyobozi:Amahirwe angana mu guhangana n’icyorezo cya COVID-19.(Women in leadership: Achieving...
Inyandiko yo muri Bibiliya Ntagatifu, mu gitabo cya Matayo ivuga ko ‘Kuko aho babiri cyangwa batatu bateraniye mu izina ryanjye, nanjye mba...
Mu gihe ahenshi abakozi bakora akazi ko gupakira ibishingwe no gukubura mu mihanda bagiye bataka ko badahembwa n’abakoresha kandi abakora ako kazi...
Covid -19 yateye igihombo abacuruzi banini n’abato harimwo no kwishyura abakozi badakora Kuva Covid -19 igaragaye mu Rwanda bwa mbere mu Werurwe...
Ibikorwa bya Sina Gerard bikunze kugaragara ahantu hose mu Rwanda ndetse no mu mahanga, buri mwaka uru ruganda ruhanga ikintu gishya ubu...
Perezida wa Koperative Light Business ikorera Nyabugogo mu nyubako yo Munkundamahoro bwana Paul Niyonsenga avuga ko bakomeje inzira y’iterambere no gushakira hamwe...
Abafite ubumuga bwo kutavuga kutumva no kutabona aribwo bita ubumuga bukomatanyije barasaba Leta ko bashyirirwa ho ikiciro cyabo kihariye bakitabwaho by’umwihariko bakemurirwa...