Abashakashatsi n’abaganga bo mu Bwongereza batangaje ko hari ubushakashatsi bamaze igihe bakurikirana basanga umuntu wari ufite Virus itera SIDA agafata imiti neza...
Kwibagirwa bikabije, indwara y’umunaniro ukabije (stress) bishobora gutera ingaruka mbi cyane mu buzima bw’umuntu. Muri izo ngaruka twavuga nka Stress ituma umuntu...
Umurenge wa Kibangu, ni umwe mu mirenge 12 igize akarere ka Muhanga,ukaba ari umurenge w’igice cy’icyaro Uyu murenge nubwo ari uw’icyaro, ugaragaramo...
Ubushakashatsi bwagaragaje ko nta ngaruka zigera ku mwana ukuva nyuma yo gukoresha ibinini byo kuboneza urubyaro kabone n’ubwo umubyeyi yabifata ataziko atwite...
Ubushakashatsi bwakozwe n’abahanga mu kwiga ibya microbes bwagaragaje ko bumwe mu bwanwa bubitse imyanda iruta iyo mu bwiherero. Abashakashatsi basanze ubwanwa bumwe...
Muri iyiminsi tugezemo usanga umuntu arwara indwara nawe atazi bitewe nibyo turya,dukoresha ndetse nibindi,ibi ni bimwe mu bimenyetso 10 bica amarenga ya...
Ni umuganda wari ugamije kwerekera no gufasha abahinzi b’ibigori uburyo bwo guhashya iyi nkongwa yibasiye ibigori bahinze muri iki gihembwe cy’ihinga 2017B...
Abapolisi b’u Rwanda 36 bari mu butumwa bw’amahoro mu gihugu cya Central African Republic (CAR) bashinzwe imirimo itandukanye irimo kugenzura iyubahirizwa ry’ubu...
Umurenge wa Bwira ni umwe mu mirenge 13 igize Akarere ka Ngororero, utuwe n’abaturage 17.418 batuye mu ngo 4.800, uri ku birometero...
Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko muri Werurwe 2017 ibiciro bikomatanyirijwe hamwe mu mijyi no mu byaro, byiyongereyeho 13,0% ugereranyije...