Uwitwa UWASE MUSISI mwene MUKAMANZI Donatha utuye m’umudugudu wa Nyabinombe, akagari ka Karama, umurenge wa Cyabakamyi, akarere ka Huye mu ntara y’amajyepfo...
Mugisha umaze imyaka irenga icumi akora umwuga w’ubukanishi atewe ishema nawo akaba asaba urubyiruko kuwugana kugira ngo bikure m’ubukene. ...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buhangayikishijwe n’ikibazo cy’abasambanya abangavu bagakingirwa ikibaba nabo bakobwa nyuma yo kubashukisha amafranga make no kubizeza ko bazabafasha ....
Ubuyobozi bw’Ikigo k’Igihugu cy’Ubushakashatsi n’Iterambere ry’Inganda (NIRDA), bwagowe no gutanga ibisobanuro ku buryo icyo kigo cyatumije mu mahanga imashini yagombaga gukora...
Uwitwa SHIMWAMUSARE Cynthia mwene SEVUMBA na NZANYWAYIMANA, utuye mu Mudugudu wa Rugoro, Akagari ka Karuruma, umurenge wa Gatsata, akarere ka Gasabo mu...
Uwitwa SHEMA Kevin mwene KABAYIZA Bernard na NYIRABATWARE Busogi utuye m’umurenge wa Gitega, Akarere ka Nyarugenge, umujyi wa Kigali, uboneka kuri telefone...
Ibi ni ibitangazwa na bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Rweru, Akagali ka Kavure Umudugudu wa Nemba uhana imbibi n’Umupaka w’U...
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya mbere Gashyantare 2020 mu gihugu hose ubwo hizihizwaga umunsi w’Intwali ku nshuro ya 26, mu karere...
Ntabajyana Alphonse ukora umwuga wa Akabari, no kotsa inyama z’ihene mu karere ka Nyarugenge mu murenge wa Nyamirambo, avuga ko iyo ukoze...
Hope School bus ni imwe muri compani itwara abanyeshuri mu mujyi wa Kigali ibakura mu ngo ibageza ku ishuri ikabagarura mu rugo...