Mu Mirenge yose igize Akarere ka Nyagatare hateraniye inteko z’Abaturage zigamije kungurana ibitekerezo ku mibereho myiza n’iterambere ryabo. Ku rwego rw’Umurenge wa...
Arkiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda, yatangaje ko kuba leta yarafashe icyemezo cyo guhagarika by’agateganyo...
Kwiga imyuga n’ubumenyingiro ni imwe mu nzira zigenda zigira uruhare runini mu iterambere ry’urubyiruko no guhanga imirimo. Abanyeshuri, abarimu, n’abayobozi b’amashuri bigisha...
Kuri uyu wa kabiri Taliki ya 30 Nyakanga 2024 nibyo Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda Dr Jean Chrysostome Ngabitsinze arikumwe na Chairman wa PSF...
Kuri uyu wa gatandatu tariki 29 Kamena 2024, umukandida w’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije ‘Democratic Green Party’ Dr Frank Habineza yakomereje...
Mu rwego rwo kuzamura agaciro k’ibikoresho bikozwe mu mpu zikomoka ku matungo, hashyizweho umukono ku masezerano y”ubufatanye hagati y’ Ihuriro ry’ Abatunganya...
Bamwe mu bagore n’abakobwa bakora akazi k’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro bavuga ko gukora mu bucukuzi uri igitsina gore ntacyo bibabangamiraho kuko ari akazi...
Nyuma y’uko kuri uyu wa 13 Mutarama 2024, mu Murenge wa Rubaya, mu Karere ka Gicumbi habereye imikino ya nyuma y’umupira w’amaguru...
Nyuma y’uko bamwe mu bari abavugabutumwa n’abashumba mu Itorero rya ADEPR bagiye bagaragaza ko Umuvugizi mukuru w’iri torero Pasiteri Ndayizeye Isae, yabambuye...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Nyakanga 2023, u Rwanda rwifatanyije n’isi kwizihiza umunsi mpuzamahanga wa makoperative. Uyu muhango w’umvikanyemo, kwishimira...