Urugaga Nyarwanda rw’inzobere mu by’imiti “National Pharmacy Council”, ruvuga ko bamwe mu bakora mu mavuriro n’ibitaro bya leta n’ibyigenga baba batarabyigiye, ibi...
Ihuriro ry’ibihugu bigize ihembe rigari ry’Afurika ryiga ku iteganyagihe GHOACOF (Greater Horn of Africa Climate Outlook Forum), ryiyemeje gufasha abagore bo mu...
Kuri uyu wa gatanu no kuwa gatandatu tariki 24 na 25 Kanama2018, Abanyarwanda muri rusange n’abakunzi b’uruvange rw’ingumi n’imigeri bahishiwe umukino uryoheye...
Kuri uyu wa kane tariki ya 16/8/2018 AJPRODHO-JIJUKIRWA yizihije umunsi mpuzamahanga wahariwe urubyiruko bakaba bishimira aho uyu muryango wa vuye náho ugeze...
Isi ihagurukiye kurwanya indwara zitandukanye zikomeye zifite ibizitera bitandukanye, ariko hari izindi zirengagizwa kandi nazo zifite ingaruka nyinshi zirimo guhitana ubuzima bw’abantu....
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 10 Nyakanga, 2018 umuryango Never Again Rwanda washyize ahagaragara ubushakashatsi bwakozwe ku bufatanye n’umuryango wa AJIPRODHO-...
Igiciro cya Essence cyongeye kuzamuka, kiva ku mafaranga y’u Rwanda 1065 gishyirwa ku mafaranga 1109 muri aya mezi abiri, ni ukuvuga Nyakanga...
Minisiteri y’Ubuzima n’abafatanyabikorwa bayo, bifatanyije n’abaturage b’akarere ka Burera mu gikorwa cy’umuganda kuwa 30 Kamena 2018. Uwo muganda wibanze ku kubaka Poste...
Indwara ya Malariya ihangayikishishije u Rwanda ari yo mpamvu hagiye hashyirwa ho ingamba zitanadukanye zo kuyirwanya. Ni muri urwo rwego Minisiteri y’Ubuzima...
Kubaka igihugu kitarangwa mo ibiyobyabwenge byashoboka. Icyo bisaba ni uko abantu bo mu nzsgo zitandukanye zakorera hamwe, hagamijwe kwigisha ababicuruza ngo babicike...