Mu mujyi wa Ruhango, Intara y’Amajyepfo, huzuye yitwa hoteli yitwa Eden Palace Hotel, iyi nzu ikaba iherereye mu nsi gato y’ibiro by’Akarere...
Ku nshuro ya 19 Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu AJPRODHO-JIJUKIRWA wongeye gutumiza abanyamuryango bawo baturutse hirya no hino mu gihugu mu Nteko...
Ibiri ku isi bikomeje kutavugwa rumwe, abahanga bakemeza ko byabaye ho kubera ubwihindurize bw’isi, abihayimana nabo bati reka da, ibiri ku isi...
Itsinda ry’abakozi b’Intara y’Amajyepfp riyobowe n’Umujyanama wa Guverineri Mazimpaka Claude, ryasuzumye aho imihigo 2016-2017, ubuyobozi bw’Akarere bwasinyanye na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika...
Abafite Ubumuga Bukomatanyije Bitaweho Bagira Uruhare Mu Iterambere Ry’igihugu. Abafite ubumuga bukomatanyije bwo kutabona, kutumva no kutavuga, bemeza ko baramutse bafashijwe kubona ishuri...
Ikipe y’igihangange yo mu gihugu cya Espagne, irasa n’iyageze ku mu kino wa nyuma w’igikombe cy’ikipe zitwaye neza mu bihugu byayo ku...
Umuryango Children’s Voice to Day, ku nkunga y’umushinga Plan International, Tariki ya 27 Mata 2017, washyikiriye amatsinda (Clubs) z’abanyeshuri mu bigo by’amashuri...
Kuri uyu wa 11/04/2017, umuyobozi w’Akarere ka Huye,Kayiranga Muzuka Eugene mu kiganiro yahaye abakozi bose bakorera ku biro by’ako karere gifite inyito...
Kuri uyu wa mbere taliki ya 28 Gashyantare, 2017, Minisitri wungirije ushinzwe ubuhinzi n’ubworozi w’Ubuholandi yasuye ibikorwa bya Nyirangarama mu rwego rwo...
Ingingo ya 10 y’itegeko No 27/2016 ryo ku wa 08/07/2016 rigenga imicungire y’ umutungo w’ abashakanye ,impano n’ izungura ivuga ko “igihe...