Ku itariki ya 28 Ukwakira 2017,Nyakubahwa Minisitiri w’Intebe Ngirente Edouard yifatanyije n’abaturage bo mu murenge wa Nyagatare haterwa ibiti ku buso bwa...
Abatwara abagenzi kuri moto mu Mujyi wa Kigali bibumbiye muri Koperative Mba Hafi baremeza ko bakomeje gahunda yo kubyaza umusasaruro wo...
college Fondation sina Gerard imaze imyaka 10 ishinzwe, icyo gikorwa cyo kwizihiza iyo sabukuru cyabaye taliki ya 29 Ukwakira 2017, ari...
Ibi ni biyagaragajwe n’Ubushakashatsi bwakorewe mu ishuri ryiga ibijyanye n’ibyaha ryitwa Griffith University mu gihugu cya Australia. Icyatangaje abashakashatsi ngo ni uko...
Ibi ni ibyagarajwe n’ibarura ryakozwe n’aka karere ka Gakenke ku bufatanye n’inzego z’ubuzima mu 2016 rikagaragaza ko Impinja 15 ku gihumbi arizo...
Imboga zibonekamo vitamine z’ingenzi kandi nyinshi kimwe n’imyunyu-ngugu ishobora gufasha mu kugira ubuzima buzira umuze no kugabanya stress. Ibi bigaragazwa n’ubushakashatsi bwakozwe...
Abaturage n’abayobozi mu nzego zitandukanye bo mu Karere ka Rwamagana, bazindukiye mu myitozo ngorora-mubiri izwi ku izina rya Siporo ya bose (Sport...
Umuyobozi w’Akarere ka Rwamagana , Mbonyumuvunyi Radjab ari kumwe n’abahagarariye inzego z’umutekano bifatanyije n’abaturage bo mu murenge wa Karenge mu nteko...
Ibi ni ibyavugiwe mu nama yahuje abanyamabanga Nshingwabikorwa b’imirenge, abayobozi b’ibigo by’amashuri, ab’ibigo nderabuzima n’ibitaro n’abafatanyabikorwa bose mu isuku. Iyi nama yari...
Kimwe n’abandi batari bake, Dusabinana Emmanuel, ni umuvuzi gakondo, akaba umuhanzi kandi agakina za Filimi. Uyu muvuzi gakondo atuye kandi akorera mu...