Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 12 Gicurasi 2025, Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente Edouard, ubutumwa Perezida wa Ghana John...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yatangaje ko hakenewe miliyari zisaga 34.5 z’amafaranga y’u Rwanda kugira ngo ishyirwa mu bikorwa ry’imishinga y’ibikorwa byateganyijwe mu...
Ku wa 3 Gicurasi 2025, igisirikare cy’u Rwanda gitangaza ko abasirikare bacyo batatu bari mu butumwa bwo kurwanya ibyihebe mu Ntara ya...
Umushoramari Karegeya Ngabo washinze sosiyete yitwa ‘Ibere rya Bigogwe’ watangije ibikorwa by’ubukererugendo mu gace ka Bigogwe mu Karere ka Nyabihu mu Ntara...
Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 06 Gicurasi 2025, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe n’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere, Gen...
Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 06 Gicurasi 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yakiriye abayobozi ba Komite Mpuzamahanga Croix...
Guverinoma y’u Rwanda n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zamaze gushyikiriza Leta Zunze Ubumwe za Amerika umushinga w’amasezerano y’amahoro. Aya makuru yemejwe...
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, yitabiriye ibirori byo kwizihiza imyaka 116 ishize hashinzwe Polisi y’Igihugu ya Ethiopia, byabereye...
Muri ibi biganiro byabaye kuri uyu wa 30 Mata 2025, u Rwanda ruhagarariwe n’umuyobozi ushinzwe ubufatanye mu bya gisirikare, Brig. Gen. Patrick...
Kuri uyu wa gatatum tariki ya 30 Mata 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yakiriye mu biro bye Shawn McCormick,...