Mu karere ka Rubavu habarizwa abana batari bake bagaragaza ibibazo by’igwingira n’imirire mibi, kuko 46.3% bagaragaza icyo kibazo. Mu guhangana n’icyo kibazo,...
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 17 Gicurasi 2019, abagize urugaga rw’abahanga mu by’imiti bakora muri farumasi zicuruza imiti mu Rwanda, Rwanda...
Kuwa 31 Gicurasi, 2019 nibwo hateganyijwe igitaramo kimaze kumenyerwa na benshi kizwi nka Kigali Jazz Junction,ni igitaramo kiba ku mpera ya buri...
SEVOTA ni umuryango ufasha abagore n’abana bahuye n’ibibazo bitandukanye mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994, kuri ubu ukaba...
Robot yitwa Sophia niyo ya mbere yahawe ubwenegihugu mu mateka, ikaba yarakozwe n’uruganda rusanzwe rukora robots rwitwa Hanson Robotics. Abategura inama ya...
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu mwaka wa 1994, kuwa kane Tariki 11 Mata,...
Sosiyete y’itumanaho mu Rwanda, Airtel Rwanda ifatanyije n’umuryango w’ababyeyi bafite abana bafite ibibazo byo mu mutwe “Autisme”, bagiye gutangira ubukangurambaga bwo kumenyekanisha...
Minisiteri zitandukanye zo mu Rwanda zirimo ishinzwe imibereho myiza y’abaturage (MINALOC), ishinzwe uburezi (MINEDUC), ishinzwe iterambere ry’umuryango (MIGEPROF) n’ishinzwe ubuzima (MINISANTE), ziyemeje...
Abagore babyaye abana bafite ibibazo by’imyitwarire bizwi nka ‘Autisme’, bavuga ko bakorerwa ihohoterwa ritandukanye n’abagabo babo kugera n’aho babaharika. Autisme ni uruhurirane...
Ibura ry’amazi mu bice bimwe na bimwe by’u Rwandaryakomeje kuba imbogamizi, bigatera abahinzi ikibazo cy’amapfa cyaterwaga nuko imyaka yumiraga mu mirima bityo...