Sina Gerard, washinze akaba n’umuyobozi w’uruganda Sina Gerard/Ese Urwibutso Avuga ko Kugira ngo yunganire Leta y’ubumwe uburyo yigisha abana b’Abanyarwanda nawe nk’uwikorera...
EP APPEC Remera Rukoma ni ikigo cy’amashuri giherereye mu Ntara y’amajyepfo, Akarere ka Kamonyi mu murenge wa Rukoma, iki kigo cy’amashuri kikaba...
Iterambere rirambye ni uguhorana ubushake bwo kurenga aho turi uyu munsi mu mitekerereze ndetse no mu buryo dushyira intekerezo zacu mu ngiro,...
Bamwe mu rubyiruko rwo mu Karere ka Musanze bataganirijwe ku buzima bw’imyororokere byabagizeho ingaruka zitandukanye. Muri zo harimo kurwara indwara zandurira mu...
Bamwe mu rubyiruko rwo mu karere ka Musanze ruvuga ko kuba rwaregerejwe serivisi zo gupima , gutanga udukingirizo Imiti n’ibindi ku buntu...
Umuyobozi w’Akarere ka Rwamagana wungirije ushinzwe imibereho myiza y’Abaturage, Mutoni Jeanne, avuga ko ubufatanye bw’inzego zose ndetse n’imiryango, ari bwo buzatuma ihohoterwa...
Akarere ka Rwamagana karasaba buri muntu ko yagira uruhare mugukumira no gutangira amakuru kugihe Kugirango ihohoterwa rikorerwa abana ba bangavu ricike. Mukarere...
Ejo heza rugende rice ni koperative ihinga umuceri mu gishanga cya Rugende , iki gishanga gikora ku mirenge ya Muyumbu , Masaka...
Mugisha umaze imyaka irenga icumi akora umwuga w’ubukanishi atewe ishema nawo akaba asaba urubyiruko kuwugana kugira ngo bikure m’ubukene. ...
Ubuyobozi bwa Koperative Light Business burashimira akarere ka Nyarugenge , inzego z’umutekano byumihariko umurenge wa Kimisagara butibagiwe ikigo gishinzwe amakoperative (RCA)cyabafashije gukora...