Mu gikorwa cyo gushyira ku mugaragaro gahunda y’imyaka itanu y’umuryango WaterAid cyo kuwa 31 Mutarama 2017, ni ukuvuga guhera mu mwaka wa...
Amakipe atandatu ahenze kurusha andi hagendewe ku bakinnyi (effectif) afite, nk’uko bigaragazwa n’urubuga yahoo.fr, arimo atatu ni ayo mu Umujyi wa Londres,...
Mu Karere ka Muhanga abayobozi batangiye gahunda zo gufasha abahinzi kwibonera igisubizo ku kibazo cy’imihindagurikir y’ikirere. Ni muri uru rwego abayobozi b’Akarere...
Mu mpera z’umwaka wa 2016 nibwo ikinyamakuru cya Forbes Africa cyatangajeko Thuli Madonsela, ariwe muntu wabaye indashyikirwa muri Afrika mu mwaka wa...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango burahamagarira abahinzi gukora ibishoboka byose bakuhira imyaka muri iki gihembwe cy’ihinga, kugira ngo aho bigishoboka babashe kuramira itaramara...
Guverineri w’intara y’amajyepfo Madame Mureshyankwano Marie Rose, aratangaza ko mu rwego rwo kubaka umujyi wa Huye nk’umwe mu mijyi 6 yunganira uwa...
Mu Rwanda rwo hambere, umwami yarubahwaga bitavugwa, ntagire ubwoko cyangwa idini, akitwa nyir’ubutangwa, ndetse abasizi bakagira ngo umwami si umuntu, ni imana...
Mu ijoro ryo kuwa 10 Mutarama 2017, ubwo Perezida Barack Obama wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ucyuye igihe avuga ijambo rye rya...
Nyuma y’itangazwa ry’itanga rya Kigeli V Ndahindurwa hakabanza kuba impaka z’aho agomba gutabarizwa, bikarangira hemejwe ko atabarizwa mu Rwanda, bikozwe n’urukiko ubu...
Urashaka kwigisha umwana wawe na mbere y’uko ajya ku ishuri, yaba imyitwarire myiza, uburere bw’ibanze, ndetse n’imikorere. Ngo ni byiza kumwigisha nk’umubyeyi...