Mu gihe inzobere mu by’ubuzima by’umwihariko izifite aho zihuriye n’ubugenzuzi bw’ubuziranenge bwibiribwa zigaragaza ko kugira ngo ibiribwa bishyizwe mu byuma bikonjesha bikomeze...
Mu gihe Leta y’u Rwanda ibinyujije muri Minisiteri y’Ubuzima ikomeje gushyiraho ingamba zikomatanyije zo gukumira ubwandu bushya bwa Virusi itera SIDA by’umwihariko...
Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Kayonza baravuga ko bashimishijwe na gahunda yo gupima Virusi itere SIDA ababyeyi batwite mu gihe...
Kuri uyu wa 24 Werurwe 2024, u Rwanda rwifatanyaga n’isi yose kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya indwara zo mu kanwa by’umwihariko hitabwa...
Mu gihe bikigaragara ko mu Rwanda abafite virusi itera SIDA bagihezwa ndetse bagahabwa akato ,Urugaga Nyarwanda rw’abafite virusi itera SIDA (RRP+ )...
Urugaga Nyarwanda rw’abafite Virusi itera SIDA (RRP+) rugaragaza ko mu gihe kugeza ubu u Rwanda ruri ku kigero gishimishije mu guhangana no...
Bamwe mu bafite Virusi itera SIDA bo mu Karere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru bavuga ko kuba barabashije kwibumbira mu makoperative byabafashije...
Mugihe indwara ya kanseri ikomeje kwibasira abantu benshi ku isi, hari bamwe mubabyeyi bavuga ko badasobanukiwe n’indwara ya za kanseri zifata abana,...
Umuyobozi w’Ishami rishinzwe kurwanya ubwandu bushya bwa Virusi itera Sida mu kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), Dr Basile Ikuzo, yavuze ko nta...
Mu gihe indwara za kanseri aricyo kibazo gikomeye cyane cy’ubuzima isi yose ihanganye nacyo, Minisitiri Dr Sabin Nsanzimana avuga ko kurwanya no...