Nkuko ari gahunda ya Leta gushyira icyumba cy’ umukobwa ku bigo by’amashuri yisumbuye, akamaro kacyo ni ugufasha abana b’abakobwa kutagira ipfunwe muri...
Akenshi iyo urya inyama zitukura, ushobora kwibasirwa n’indwara z’umutima ariko kandi warya imbuto zitukura zikaba zawurinda kwibasirwa n’ indwara zitandukanye. Ubushakashatsi bwakozwe...
Umubiri w’umuntu ukenera vitamini zitandukanye kugirango abashe kugira imikurire myiza, kandi abe umuntu ukomeye. Niyo mpamvu rburi muntu wese ategetswe gufata izo...
Ubushakashatsi bwakozwe n’abahanga mu kwiga ibya microbes bwagaragaje ko bumwe mu bwanwa bubitse imyanda iruta iyo mu bwiherero. Abashakashatsi basanze ubwanwa bumwe...
Muri iyiminsi tugezemo usanga umuntu arwara indwara nawe atazi bitewe nibyo turya,dukoresha ndetse nibindi,ibi ni bimwe mu bimenyetso 10 bica amarenga ya...
Tariki ya 19 Mata 2017Ubuyobozi bw’Akarere ka Gicumbi bufatanyije n’inzego z’umutekano n’abaturage, bameneye mu ruhame ibiyobyabwenge bifite agaciro gasaga miliyoni 25 z’amanyarwanda....
Diyabeti ni indwara yibasira uburyo umubiri ukoresha isukari (glucose), uyirwaye akaba agira isukari nyinshi mu maraso, bitewe n’uko impindura (pancreas) iba itakibasha...
Abapolisi b’u Rwanda 36 bari mu butumwa bw’amahoro mu gihugu cya Central African Republic (CAR) bashinzwe imirimo itandukanye irimo kugenzura iyubahirizwa ry’ubu...
Umurenge wa Bwira ni umwe mu mirenge 13 igize Akarere ka Ngororero, utuwe n’abaturage 17.418 batuye mu ngo 4.800, uri ku birometero...
Imijyi myinshi ya kera yabaga ikikijwe n’inkuta zikomeye zayirindaga. Iyo umwanzi yapfumuraga n’akenge gato muri izo nkuta, uwo mugi wabaga uhuye n’akaga....