Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko muri Werurwe 2017 ibiciro bikomatanyirijwe hamwe mu mijyi no mu byaro, byiyongereyeho 13,0% ugereranyije...
Ku nshuro ya 23 hibukwa Jenoside yakorewe abatutsi 1994l abanyagatsibo bibukijwe gukomeza kwitandukanya n’ingengabitekerezo ya Jenoside kugirango bakomeze biyubakire igihugu. Ibi byagarutsweho...
Ijwi ry’abana(Children’s Voice Today) ni umuryango w’imbere mu gihugu(local NGO) watangiye mu mwaka wa 2001 ugamije guha abana amahirwe yo kugira uruhare...
Abaturage bo mu murenge wa Bwira mu karere ka Ngororero mu ntara y’uburengerazuba by’umwihariko urubyiruko baravuga ko bahangayikishijwe no kutagira umuriro w’amashanyarazi...
Gakirage ni Akagari kamwe mu tugize Umurenge wa Nyagatare, ikaba yarahoze mu cyari Komini ya Ngarama mu gihe cya Jenoside. Tariki...
Nyuma y’uko intumwa za rubanda ziganiriye n’abavuga rikijyana mu karere ka Ngororero ku bibazo byugarije umuryango birimo uburaya n’ubusinzi, umuyobozi w’akarere wungirije...
Tariki ya 4 Mata 2017, ku rwego rwa buri Murenge mu Mirenge igize Akarere ka Ruhango habaye igikorwa cy’isuzumabikorwa ku bikorwa by’abahinzi...
Umuyobozi w’Akarere ka Gicumbi atanga ubutumwa ku batuye abatuye akarere ka Gicumbi bajya bagira imyitwarire idahwitse ku bacitse ku icumu mu bihe...
Tariki ya 3 Mata 2017, mu nama yahuje abakozi b’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) n’abayobozi ndetse n’abakozi ku rwego rw’Akarere...
Aya magare bayemerewe na Perezida wa Repubulika, ubwo uru rwego rw’Abunzi rwizihizaga isabukuru y’imyaka 10 rwari rumaze rugiyeho. Ku ikubitiro Abunzi 147 ...