Inzego zimwe z’ubuyobozi zivuga ko mu rwego rwo kurengera ubuzima bw’abaturage hafashwe ingamba zo kubuza abanywi b’itabi kurinywera mu ruhame, ubirenzeho akazajya...
Abakurikirana iby’ubuzima bavuga ko icyorezo cya SIDA kigihari, bagakangurira urubyiruko n’abandi bantu gukomeza gukoresha agakingirizo ngo bayirinde banakumire ubwandu bushya. Byagarutsweho tariki...
Abadepite bagize komisiyo y’uburezi,ikoranabuhanga,umuco n’urubyiruko mu nteko ishingamategeko y’u Rwanda barishimira uburyo amasomero yigisha bakuze batazi gusoma no kwandika amaze kugira umusaruro...
Ku bufatanye bwa WDA n’umujyi wa Kigali, Sendika y’abakozi bo mu bwubatsi , Ububaji n’ubukorikori ( Syndicat des travailleurs des entreprises construction,...
Mu ruzinduko yakoreye mu Karere ka Nyagatare tariki ya 13 Gashyantare 2017, Umukuru w’igihugu yagejejweho ibibazo bitandukanye Ibyo bibazo usanga bisaba kubicukumbura,...
Mu bipimo cyasohoye ku ihindagurika ry’ibiciro ku isoko, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) kigaragaza ko mu ntangiro z’umwaka wa 2017,...
Abaturage bo mu murenge wa Kivuye biganjemo abagabo baravuga ko bahangayikishijwe n’ itegeko rishya ry’ umuryango n’ abantu , riherutse kuvugururwa rigatangazwa...
Abaturage b’umurenge wa Nyagihanga, Akarere ka Gatsibo, bakoze igikorwa cy’indashyikirwa aho bubakiye icumbi rya polisimuri uwo murenge kugirango bajye babasha gucungirwa umutekano....
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Murambi, ntibavuga rumwe n’abayobozi babo ku buryo ubutaka bwabo bwahujwe bagategekwa guhinga ibigori kandi...
Ubuyobozi bw’akarere ka Gatsibo, Intara mu y’Iburasirazuba, buravuga ko bwafashe ingamba zikomeye zo guhangana n’abantu bagura imyaka y’abaturage rwihishwa kuko babunamaho bakabahenda...