Bamwe mu bahinzi b’imbuto z’amatunda mu murenge wa Muzo baratakambira ikigo cy’igihugu cy’ubuhinzi RAB kubafasha kubona imbuto nziza y’amatunda yihanganira ubutaka bwabo...
Hamwe na hamwe mu mirenge y’akarere ka Muhanga, hagaragara bimwe mu bikorwaremezo byatangiye kwangirika bitaratangira gukoreshwa. Ibi bikorwa biba byaratwaye akayabo k;amafaranga,...
Abaturage bo mu Murenge wa Mukura barasaba ko bafashwa kubona ku buryo bworoshye serivisi z’ubuzima zirimo ibikorwa remezo bituma bagera kwa muganga...
Guverineri w’intara y’amajyepfo Madame Mureshyankwano Marie Rose, aratangaza ko mu rwego rwo kubaka umujyi wa Huye nk’umwe mu mijyi 6 yunganira uwa...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere amakoperative (RCA) kiratangaza ko cyashyizeho amabwiriza mashya yo guhangana n’ibibazo bivugwa mu makoperative y’abakora umwuga wo gutwara...
Abanyarwanda mu mvugo zabo zinyuranye ariko zigamije gukebura abana zibakundisha umurimo, harimo igira iti: “Udakora ntakarye.” Iyi mvugo kandi iri no muri...
Abana bo mu mirenge itandukanye igize Akarere ka Gatsibo, baratozwa kumenya guharanira uburenganzira bwabo kugira ngo bategure ejo habo heza. Ibi aba...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyaruguru bwakanguriye abaturage kubuza amahwemo inshoreke zisenyera bagenzi babo Ubuyobozi bw’akarere ka Nyaruguru buvuga ko butewe impungenge n’ikibazo...
Abacuruzi bacururiza mu isoko rya Kabarore, Umurenge wa Gatsibo, Intara y’Iburasirazuba, bishimiye iki gikorwa kurenza abandi, bavuga ko cyatumaga abaguzi batabagurira kubera...
Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango, Nyirasafari Espérance, asaba abaturage bo mu murenge wa Rukara, Akagari ka Kawangire, kwamaganira kure ihohoterwa ryose kuko ribangamira...