Umuvunyi mukuru Anastase Murekezi, abisaba urubyiruko rwo mu Ntara y’Amajyepfo kwitoza umuco wo kurwanya ruswa. Avuga ko kurwanya ruswa ngo bagomba kubitangira...
Tariki ya tariki ya 01 Ukuboza 2017, Nsengiyumva Fulgence Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuhinzi n’Ubworozi yasuye Koperative ihinga umuceri mu Karere...
Mu nama yahuje abahagarariye abavuzi gakondo mu turere tariki ya 29 Ugushyingo 2017, bongeye gusasa inzobe bavuga n’akari imurori bagamije kuzahura ihuriro...
Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita kuri Sida (ONUSIDA) rivuga ko muri 2016, abantu basaga miliyoni 1,8 bishwe na Sida kandi ko nibura umuntu...
Tariki ya 1 Ukuboza buri mwaka, ni umunsi ngarukamwaka mpuzamahanga wahariwe kurwanya icyorezo cya Sida. U Rwanda rwifatanije n’isi yose mu kwizihiza...
Tariki ya 27 Ugushyingo 2017, Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente ari kumwe n’abandi bayobozi batandukanye basuye imishinga yo kuhira imyaka...
Kubera kutabimenya, abantu batari bake bavuga ko indwara ya diyabeti ifata abantu bakuru gusa nyamara iri iri mu moko atatu ashobora...
Inama ihuje impuguke zitandukanye mu buzima bw’umwana n’umugore ndetse n’ingimbi n’abangavu, iteraniye i Kigali mu Ubumwe Grande Hotel, bamwe mu bayigize barasanga...
Umuryango w’abanyamakuru baharanira amahoro (Paxpress). ku bufa bufatanye n’umuryango w’urubyiruko ruharanira uburenganzira bwa muntu n’iterambere (AJPRODHO -JIJUKIRWA), Umuryango ugamije kurengera uburenganzira bw’umugore...
Iyi Filimi, Uwitonze yatangiye kuyifatira amashusho mu mwaka wa 2013 ayirangiza muri 2014. Mbere yo kuyerekana, asobanura ko yayikoze agamije kwerekana intambwe...