Abanyarwanda mu mvugo zabo zinyuranye ariko zigamije gukebura abana zibakundisha umurimo, harimo igira iti: “Udakora ntakarye.” Iyi mvugo kandi iri no muri...
Abana bo mu mirenge itandukanye igize Akarere ka Gatsibo, baratozwa kumenya guharanira uburenganzira bwabo kugira ngo bategure ejo habo heza. Ibi aba...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyaruguru bwakanguriye abaturage kubuza amahwemo inshoreke zisenyera bagenzi babo Ubuyobozi bw’akarere ka Nyaruguru buvuga ko butewe impungenge n’ikibazo...
Abacuruzi bacururiza mu isoko rya Kabarore, Umurenge wa Gatsibo, Intara y’Iburasirazuba, bishimiye iki gikorwa kurenza abandi, bavuga ko cyatumaga abaguzi batabagurira kubera...
Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango, Nyirasafari Espérance, asaba abaturage bo mu murenge wa Rukara, Akagari ka Kawangire, kwamaganira kure ihohoterwa ryose kuko ribangamira...
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Mureshyankwano Marie Rose, arahamagarira abarezi kuzamura ireme ry’uburezi no kuba intangarugero aho bari hose no muri byose. Ubwo yafunguraga...
Ubwo yatangazaga amanota y’ibizamini bya Leta kuri uyu wa Mbere, Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye, Isaac Munyakazi, yagaragaje ko...
Mu muhango wo gutangiza ku mugaragaro Itorero ry’abarezi n’abarimu bo mu karere ka Nyagatare, kuri tariki ya 5Mutarama 2017 mu kigo cy’amashuri...
Mu ruzinduko yagiriye mu karere ka Nyagatare kuri uyu wa 5 Mutarama 2017, Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Kazaire Judith, yahuye n’ibyiciro bitandukanye by’abayobozi ...
Abanyarwanda baba mu Gihugu cya MALI bashyikirije mituweri abaturage 504 b’Akarere ka Ruhango batabashije kwiyishyurira umwaka wa 2016-2017. Ku rwego rw’Akarere iki...