Ikigo cy’igihugu gishinzwe kurengera ibidukikije kirasaba abafite imodoka kuzisuzumisha kenshi kugira ngo harebwe niba zisohora ibyuka bihumanya ikirere. Kuri uyu wa Kabiri...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Kamonyi bibumbiye muri Koperative yitwa COOPRORIZ Abahuzabikorwa y’abahinzi b’umuceri ikorera mu gishanga cya Mukunguli n’ibindi...
Kuri uyu wa 31 Kanama 2023, ubwo mu Mujyi wa Kigali by’umwihariko mu Karere ka Kicukiro, abayobozi b’uturere, abahagarariye imiryango itari iya...
Polisi y’u Rwanda yashyizeho Umuvugizi wa Polisi mushya, ACP Boniface Rutikanga akaba asimbuye CP John Bosco Kabera. Ubutumwa bwa Polisi bugira buti “ACP...
Minisiteri y’Ubuzima ku bufatanye n’Ihuriro ry’imiryango ishinzwe kurengera abafite ubumuga no kurwanya SIDA (UPHLS), bamuritswe ibitabo bigiye gufasha inzego z’ubuzima gutahura abafite...
Abagore 49 bari barashimuswe n’inyeshyamba za Boko Haramu hafi ya MAIDUGURI,mu majyaruguru ya Nigeria ,bagaruye umudendezo nyuma y’uko ubuyobozi bwishyuye incungu yo...
Abaturage bo mu karere ka Kicukiro, Umurenge wa Gatenga, Akagali ka Nyarurama basanzwe bivuriza kuri Poste de Sante ya Nyarurama barasaba Leta...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Musabyimana Jean Claude, yavuze ko Leta itazaha ingurane abimurwa mu manegeka, kuko nta gikorwa ishaka gukorera ku butaka bwabo...
Kuri uyu wa Kane tariki 24 Kanama 2023 ubwo ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere (Meteo Rwanda) cyatangazaga iteganyagihe ry’igihembwe cy’umuhindo 2023, ni...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Kigarama, Akagari ka Nyarurama, barataka ikibazo cy’amazi yabaye ibura bakomeje guhura nacyo,...