Ba Guverineri b’Intara y’Iburasirazuba n’iy’Amajyepfo zo mu Rwanda ndetse n’uw’Intara ya Kirundo mu Burundi, biyemeje gufatanya gukora ubuvugizi kugira ngo hafungurwe ibyambu...
Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports, bwatangaje ibiciro byo kwinjira ku mukino iyi kipe izakira Rayon Sports mu mpera z’iki Cyumweru. Kuri uyu wa...
Umutwe wa M23 watangaje ko ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zatangiye kwifashisha indege z’intambara ku rugamba, icyakora kuri...
Abakuru b’ibihugu bine bigize Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba, EAC bafashe imyanzuro ku mutekano muke urangwa mu burasirazuba bwa Congo, aho bashyizeho umugaba mukuru...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko kugeza ubu nta bisobanuro birambuye irahabwa na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bigendanye n’indege y’igisirikare cyayo yavogereye...
General Muhoozi Kainerugaba, umwana akaba n’umujyanama wa Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yavuze ko kurwanya M23 ari ukwishyira mu kangaratete, avuga...
Abafite ubumuga bwo kutabona mu bakomeje gusaba Leta y’u Rwanda by’umwihariko inzego zishinzwe ibijyanye n’ubwishingizi bw’ubuvuzi bwa Mitiweli de santé, gushyira inkoni...
Kuri uyu wa 4 Ugushingo 2022, ubwo Rwanda n’Abanyarwanda, bungukaga abasirikare bazarengera ubusugire bwacyo, bakanarinda umutekano wabo n’ibyabo, muri bo harimo umwana...
Umuryango shalom family organization ufasha abarwayi barwariye mugo ndetse no kwamuganga ukaba unavugira abana n’abagore by’umwihariko abafite ubumuga , irigutegura igitaramo cyo...
Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) iravuga ko Leta y’u Rwanda irateganya gushaka abafatanyabikorwa mu gukusanya miyali 6 z’amadolari yo gukoresha mu guhangana n’imihindagurikire...