Royal Express ni ikigo gikora umurimo wo gutwara abagenzi mu mujyi wa Kigali, mu mihanda itandukanye ya Nyabugogo-Nyanza, mu Mujyi-Saint Joseph, Nyanza-Kimironko...
Ikoranabuhanga ryatangijwe mu nkiko rya gahunda y’imicungire n’imikoreshereze y’inkiko ryaje rije kugenzura imikorere y’irindi koranabuhanga rizwi nka IECMS (Integrated Electronic Case Management)...
Minisiteri y’Uburezi yemeje ko mu kiciro cya mbere cy’amashuri abanza bigisha mu rurimi rw’Icyongereza ariko n’Ikinyarwanda kigahabwa umwanya uhagije, bikaba byishimiwe cyane...
Ku italiki ya 29 Ukwakira 2019 umuryango w’ababiligi uharanira iterambere ry’uburezi, VVOB kubufatanye numuryango MasterCard foundation,na kaminiza y’urwanda ishami ry’uburezi hamwe n’ikigo...
RSAU, Sosiyete Nyarwanda y’abahanzi [Rwanda Societey of Authors], yatangaje ko igiye gusaranganya amafaranga abahanzi bayibarizwamo, yakusanyijwe kuva mu mpera z’umwaka wa 2017...
Akarere ka Rutsiro karangwamo ibyiza nyaburanga byinshi birimo igice kinini k’Ikiyaga cya Kivu, imisozi iteye amabengeza inyuzemo umuhanda wa Kivu-Belt uhuza Rutsiro...
Tariki 7 ugushyingo 2019, i Kigali Ku cyicaro cy’ikigo gishinzwe uburezi mu Rwanda (REB),habaye umuhango wo guhererekanya inkunga y’ibitabo bigera ku bihumbi...
Umuyobozi Mukuru w’Agateganyo ushinzwe umurimo muri MIFOTRA Mwambari Faustin (iburyo), Yosam Kiiza Umuyobozi Mukuru wa Imanzi Business Instutute (Hagati) na Marie Pierre...
Abanyamahanga barimo n’abakorera Imiryango mpuzamahanga, na bakozi ba Guverinoma ni kenshi basura ibikorwa bya byuyu midhora mari SINA Gérard Umuyobozi wa, SINA...
NIRDA ikigo cy’Ubushakashatsi n’Iterambere ry’Inganda,cyatangije amarushanwa ku batunganya ibikomoka ku biti arimo miliyoni magana atatu z’amafaranga y’u Rwanda (300,000,000Frw), bashaka ubufasha bwo...