Mu bipimo cyasohoye ku ihindagurika ry’ibiciro ku isoko, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) kigaragaza ko mu ntangiro z’umwaka wa 2017,...
Abaturage bo mu murenge wa Kivuye biganjemo abagabo baravuga ko bahangayikishijwe n’ itegeko rishya ry’ umuryango n’ abantu , riherutse kuvugururwa rigatangazwa...
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Murambi, ntibavuga rumwe n’abayobozi babo ku buryo ubutaka bwabo bwahujwe bagategekwa guhinga ibigori kandi...
Ikigo cy’ubucuruzi gishinzwe ubwikorezi, RITCO (Rwanda Interlink Company Limited) cyatangiye ku mugaragaro nyuma y’amezi arindwi gikora, kuko cyatangije nyuma y’iseswa rya ONATRACOM....
Mu nama rusange y’Inama Njyanama y’Akarere ka Nyagatare yo kuri uyu wa 3 Gashyantare 2017 yari iyobowe na Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere...
Inama Njyanama y’Akarere ka Ruhango yateranye mu nama idasazwe yemeza ingengo y’imari ivuguruye y’umwaka wa 2016-2017. Ingengo y’imari yemejwe ingana n’amafaranga y’u...
Mu Murenge wa Jarama, Akarere ka Ngoma, intara y’Iburasirazuba hari abaturage batajya bajya kwa muganga mu gihe barwaye kubera kutagira Ubwisungane mu...
Tariki 4 Gashyantare 2017, Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Murekezi Anastse, yafunguye ku mugaragaro Dove Hotel y’itorero rya ADEPR, aboneraho agira inama abakirisito...
Muri gahuda yo gushyigikira iterambere ry’abaturage, Ikigo cy’Igihugu cyo Kubungabunga Ibidukikije (REMA) cyatanze inka 33 ku banyamuryango ba Koperative ebyiri zo mu...
Bamwe mu baturage bacuruza kandi bakorera mu bice bitandukanye by’umugi wa Kigali bazwi bazenguruka bacuruza ibintu bitandukanye ariko iby’ibyitwa amarido (Rideaux) yo...