Kuri uyu wa mbere tariki ya 11 Werurwe 2019 i kigali hatangiye amahugurwa agamije ku kwita ku buzima bwiza bw’umuntu ucyekwa cyangwa...
Umuryango uhuza ibikorwa by’amavuriro ya Kiliziya Gatolika n’amatorero yemewe na Leta mu Rwanda BUFMAR (Bureau des Formation Medicale Agree du Rwanda),uratangaza ko...
Abaturage bo mu Karere ka Rutsiro mu Murenge wa Kivumu, bageze mu za bukuru barashimira ubuyobozi ku nkunga y’ingoboka igera ku mafaranga...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu buhangayikishijwe n’ikibazo cyo gukumira burundu ibibazo ku bangavu batewe inda bataragira imyaka y’ubukure, kubera guhishira ababasambanyije kugira ngo...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rutsiro ntibarasobanukirwa n’ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye mu muryango bigatuma bata inshingano zabo bagasigara inyuma mu iterambere....
Abahinzi hamwe n’abafite inganda zitunganya umuceri mu Rwanda, bagaragarije Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda ibibazo by’ingutu bibugarije birimo icy’umuceri wa kigori wabaye mwinshi mu...
Mu gihe isi irimo kwizihiza isabukuru y’imyaka 70 hasinywe kubahiriza uburenganzira bwa muntu, u Rwanda ruratangaza ko rumaze gukora byinshi ngo abanyarwanda...
Abakoresha umuhanda barimo abamotari, abanyonzi, abashoferi ndetse n’abanyamaguru, bahuriye kuri Stade ya Kicukiro mu gitaramo cyo gusoza icyumweru cyahariwe gukumira impanuka zo...
Ubusanzwe nk’uko byari bizwi mu muco wakunze kuranga abanyagicumbi harimo kwenga ikigage kizwi ku izina ry “ Ikigage k’i Byumba’’ cyabaga ari...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 10 Nyakanga, 2018 umuryango Never Again Rwanda washyize ahagaragara ubushakashatsi bwakozwe ku bufatanye n’umuryango wa AJIPRODHO-...