Abaturage bo mu Karere ka Rutsiro mu Murenge wa Kivumu, bageze mu za bukuru barashimira ubuyobozi ku nkunga y’ingoboka igera ku mafaranga...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu buhangayikishijwe n’ikibazo cyo gukumira burundu ibibazo ku bangavu batewe inda bataragira imyaka y’ubukure, kubera guhishira ababasambanyije kugira ngo...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rutsiro ntibarasobanukirwa n’ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye mu muryango bigatuma bata inshingano zabo bagasigara inyuma mu iterambere....
Abahinzi hamwe n’abafite inganda zitunganya umuceri mu Rwanda, bagaragarije Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda ibibazo by’ingutu bibugarije birimo icy’umuceri wa kigori wabaye mwinshi mu...
Mu gihe isi irimo kwizihiza isabukuru y’imyaka 70 hasinywe kubahiriza uburenganzira bwa muntu, u Rwanda ruratangaza ko rumaze gukora byinshi ngo abanyarwanda...
Abakoresha umuhanda barimo abamotari, abanyonzi, abashoferi ndetse n’abanyamaguru, bahuriye kuri Stade ya Kicukiro mu gitaramo cyo gusoza icyumweru cyahariwe gukumira impanuka zo...
Ubusanzwe nk’uko byari bizwi mu muco wakunze kuranga abanyagicumbi harimo kwenga ikigage kizwi ku izina ry “ Ikigage k’i Byumba’’ cyabaga ari...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 10 Nyakanga, 2018 umuryango Never Again Rwanda washyize ahagaragara ubushakashatsi bwakozwe ku bufatanye n’umuryango wa AJIPRODHO-...
Abajyanama b’ubuzima 108 n’abaganga 20 basoje amasomo y’ururimi rw’amarenga bitezweho guha service nziza abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga Abashoje amasomo Aba...
Mu cyegeranyo cyatangajwe n’umuryango urwanya ruswa n’akarengane mu Rwanda, Ishami ry’Rwanda (TR-Rwanda), tariki ya 9 Werurwe 2018, washyize ku mugaragaro icyegeranyo wakoreye...