Minisiteri y’ubuzima (Minisanté) ivuga ko y25% by’abari mu bitaro mu kwezi kwa Nzeli 2017 bari bafite indwara y’umutima naho 11% by’abaza muri...
Nyabikiri Umurenge wa Kabarore, Akarere ka Gatsibo umaze kubakwamo amazu atanu atuyemo imiryango 20, wabaye igisubizo cya benshi. Mukanyonga Scovia,ni umwe mu...
Hakizimana felicien,Umuturage w’Umurenge wa Gitoki akagari ka Nyamirama, avuga ko ashimira inzego zitandukanye z’Igihugu imiyoborere myiza iri mu Rwanda itandukanye n’iyo yavukiyemo...
Mu nama yahuje abavuzi gakondo n’abakozi ba Minisiteri y’ubuzima bafite mu nshingano zabo Ubuvuzi gakondo, tariki ya 12 Ukwakira 2017, abavuzi gakondo...
Umunsi mpuzamahanga w’umwana w’umukobwa usanzwe wizihizwa tariki ya 11 Ukwakira wahujwe n’uw’umugore wo mu cyaro usanzwe wizihizwa tariki ya 15 Ukwakira hamwe...
Abavuzi gakondo bo mu Karere ka Rulindo, Intara y’Amajyaruguru, baoze igikorwo cyo gutanga ubwisungane mu kwivuza (mituweli) ku batarage batishoboye mu rwego...
Press release 4 October 2017, Rwanda– To support early childhood development in Rwanda, the IKEA Foundation has awarded UNICEF a new grant...
Akarere ka Rwamagana kaje ku isonga n’amanota 82.2%, mu gihe umwaka ushize kari ku mwanya wa 19. Mbomyumuvunyi Radjabu, Mrya wa Rwamagana Ku myanya...
Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare kiravuga ko imibare mishya yo muri Gashyantare 2017) y’abaturarwanda ari miliyoni 11. 560. 048. Muri aba banyarwanda, abagabo ni...
Tariki ya 9 Ukwakira 2017, wari umunsi mpuzamahanga wo kuzirikana abashehe akanguhe ku isi yose. Mu murenge wa Kimisagara, Akarere ka Nyarugenge, ...