Mu Karere ka Rubavu, imirimo yo kubaka isoko rya kijyambere rya Gisenyi irakomeje, yubahiriza amahame ajyanye no kurengera ibidukikije mu rwego rwo...
Gen Maj Francis Takirwa, Umugaba wungirije w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, agaragaza ko yishimiye uburyo ingabo z’igihugu cye n’iz’u Rwanda zifatanya...
Ibi ni ibitangazwa na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, akaba n’Umugaba w’Ikirengga w’ingabo z’u Rwanda, ubwo kuwa 3 Ukwakira 2025 ubwo yatangaga...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko gikomeje ibikorwa bigamije gukumira no kurwanya indwara y’ibisazi by’imbwa, nyuma y’uko hagaragajwe ko mu mwaka...
Mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Indwara y’Umutima mu Karere ka Rubavu, abaturage basabwe kugira umuco wo kwisuzumisha hakiri kare kugira ngo bamenye uko...
Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson yasabye Guverinoma y’icyo gihugu gusubizaho gahunda yo kohereza mu Rwanda abimukira binjira mu buryo...
Kuri uyu wa 25 Nzeri 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame avuga ko abumva ko u Rwanda rudashobora kwakira ibikorwa...
ETS KARINDA ikora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri mu Karere ka Kamonyi, ikomeje gukataza mu ikoranabuhanga, kandi habungwabungwa ibidukikije. Umuyobozi Mukuru wa ETS...
Mu rwego rwo gukangurira urubyiruko kwiteza imbere rwitabira amashuri y’imyuga, Leta y’u Rwanda n’abafatanyabikorwa bayo, hakomeje kugaragara umusaruro. Ntaganzwa Jean Claude, umuyobozi...
Mu rugendo rwo kubaka igihugu gishingiye ku buringanire n’ubwuzuzanye, abari n’abategarugori b’Abanyarwandakazi bakomeje kugaragaza uruhare rukomeye mu iterambere ry’u Rwanda. Uhereye mu...