Bamwe mu baturage batuye mu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa Rukoma, baravuga ko kuba hari bamwe mu baturanyi babo bafashe ihame...
Iri shuri ni iry’Ikigo cya ADHI Rwanda gisanzwe gifite mu shingano ubushobozi bwo kubaka inzu ziciriritse mu mudugudu uzwi nka “Bwiza Riverside...
Depite Nyirahirwa Veneranda, yabwiye urubyiruko rwo mu Karere ka Ngoma ko rufite inshingano zo kubaka igihugu basigasira ibyagezweho kugirango igihugu kidahangarwa n’uwari...
Mu gihe mu duce tumwe na tumwe tugize umujyi wa Kigali hari abaturage bavuga ko abakozi bamwe mu makampani akora umurimo yo...
Minisiteri y’Ubumwe bw’abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu, yagaragaje uruhare rw’abaganga 157 muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Rwanda, aho abari abaganga bashinzwe gufasha...
Mu gihe Leta y’u Rwanda ikomeje gushyira imbaraga mu guhangana nk’ikibazo cy’ubwandu bushya bw’avirus itera SIDA by’umwihariko bwiganje mu rubyiruko, abatuye mu...
Mu gihe hirya no hino mu gihugu cy’u Rwanda ndetse no mu karere ka Africa y’Uburasirazuba usanga bikunda kugora abafite butandukanye kubona...
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) n’Umuryango Imbuto Foundation basinyanye amasezerano y’ubufantanye n’ Ikigo gitanga serivisi z’ikoranabuhanga cyitwa Liquid Intelligent Technologies, ubu...
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Matimba, mu karere ka Nyagatare , bavuga ko batinya kujya ku bajyanama b’ubuzima ngo babahe...
It is too risky a venture for any mother with a child on her back walking around the streets of Kigali city...