Migisha Magnifique, umukozi wa CMA ushinzwe iyamamazabikorwa Ubuyobozi bw’Ikigo gishinzwe kugenzura isoko ry’imari n’imigabane (Capital Market Authority) CMA, bugaragaza ko bukomeje urugendo...
Kuva tariki ya 1 kugeza ku ya 7 Kanama buri mwaka isi yose yizihiza ucyumweru cyahariwe konsa hagamijwe guteza imbere no gushyigikira ...
Abitabiriye inama yiga ku ishyirwa mu bikorwa rya gahunda y’igihugu ku burezi budaheza irimo kubera i Kigali barateganya kuzarebera hamwe ibibazo abana...
Abaturage bo mu Murenge wa Ngarama wo mu Karere ka Gatsibo mu Ntara y’Iburasirazuba, bamaze kwiyuzuriza inzu ifite agaciro ka miliyoni 18...
Ibi ni ibitangazwa na Kalisa Jeans Souveur, Umunyamabanga Nshingwa bikorwa w’Umurenge wa Remera, Akarere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali, mu kiganiro...
Bimenyimana JeremieMu karere ka Afurika y’iburasirazuba, Malariya ikomeje kuza mu ndwara z’imbere zihitana ubuzima bw’abantu. Ibihugu bigize ako karere, birahamagarirwa guhuza imbaraga...
Burya urubuga nkoranyambaga WhatsApp rushobora kugirira uwurukoresha ndetse n’abandi akamaro bakabyungukiramo mu gihe rukoreshejwe neza. Itsinda (INSHUTI ZA RUYENZI) rimaze imyaka itari...
Ibura ry’amazi mu bice bimwe na bimwe by’u Rwanda ryakomeje kuba imbogamizi, bigatera abahinzi ikibazo cy’amapfa cyaterwaga nuko imyaka yumiraga mu mirima...
Kuri iyi taliki ya 7 kugeza kuya 9 Ugushingo 2018, i Kigali, hari kubera inama mpuza mahanga ku buvuzi bwihuse bw’indembe, bukaba...
Bimenyimana J. Ubwiyongere bw’indwara zidakira bukomeje kugenda buzamuka kandi buhangayikisha isi. Ikibazo kikiri ingorabahizi, ni uko imyumvimvire y’izo ndwara cyane cyane mu...