Bamwe mu badepite bagize ihuriro ry’abanyarwandakazi bari mu nteko ishingamategeko y’u Rwanda basuye banaganira n’abagore bari mu nzego zitandukanye z’ubuyobozi (abagore) mu...
Tariki ya 8 Werurwe 2017, mu Rwanda n’ahandi ku isi bizihije umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore. Muri rusange hashize imyaka irenga 40 isi...
Bamwe mu bagore batuye mu murenge wa Cyumba batangaza ko bageze ku rwego rw’iterambere,bavuga bahagurukiye ubusinzi, basigaye ari intangarugero mu kubaka umuryango,...
Abaturage b’umurenge wa Tabagwe, Akarere ka Nyagatare , bavuga ko kugirango imihigo yawo igerweho ari ngombwa ko habaho ubufatanye hagati y’ abaturage...
Mu rwego rwo kwakira no gukemura ibibazo by’abaturage bafite,Ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo bwiyemeje gusanga abaturage aho batuye kugirango bakemurirwe ibibazo bafite batagombye...
Mu murenge wa Kimisgara, Agace ka Nyabugogo,Umugabo Munyurangabo Jacob usanzwe ahafite inzu y’ubucuruzi yafungiwe inzu ku karengane. Ibyo byabaya mu gihe igihugu...
Mu Rwanda umuryango wita ku bafite ubumuga bwo kutabona (RUB/ Rwanda Union of the Blind) kuri uyu wa kabiri taliki 28 Gashyantare...
Abaturage bo mu murenge wa Rusenge,Akarere ka Nyaruguru, barishimira inka bahawe na Perezida wa Repubulika kuko zigiye kubafasha kwikura mu bukene. Ibi...
Ibi ni ibivugwa n’umuyango HDI (Health developpement Initiative) hagamijwe gukangurira abayobozi b’ibigo nderabuzima n’abayobozi bashinzwe imibereho myiza mu mirenge igize umujyi wa...
Mu kiganiro yagejeje ku bakozi b’Akarere ka Muhanga kijyanye n’ubwiyongere bw’abaturage mu hagaragajwe ko bimwe mu bipimo bigaragaza ko ntaho Igihugu cyagera...