Minisitiri w’intebe Murekezi Anastase ashima byimazeyo iterambere Akarere ka Gatsibo kamaze kugeraho kuko mu myaka yashize kakundaga kuza mu myanya y’inyuma mu...
Abanywi b’ibiyobyabwenge bafungiye kuri station ya polisi ya Kiramuruzi mu ijoro ryakeye bakubise komanda wa polisi mugenzi we wari uje kumutabara bamutema...
Umurenge wa Muhima uhana imbibi n’Imirenge ya Kimisagara, Gitega na Nyarugenge, n’imwe mu Mirenge y’Akarere ka Gasabo. Uyu murenge ufite ubuso bungana...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’Igihugu ushinzwe iterambere ry’abaturage, Munyeshyaka Vincent, arakangurira abatuye umurenge wa Byimana n’abanyaruhango muri rusange kwitabira...
Imihigo y’umwaka w’ingengo y’imari ya 2016-2017 y’Akarere ka Gatsibo ubu igeze mu gihembwe cya 3 ishyirwa mu bikorwa dore ko igomba kuba...
Mu nama yahuje abakozi batandukanye bafite ubuzima mu nshingano zabo, ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga, n’abakozi b’ikigo giharanira uburenganzira bwa muntu n’ubuzima (HDI),...
Kimwe mu bintu bikunze kugibwaho impaka ku bijyanye n’uburinganire bw’umugabo n’umugore mu bemera Bibiliya ni ukuba Eva yararemwe bivuye mu rubavu rwa...
Abaturage bo mu Karere ka Nyaruguru, barasabwa gukomeza gukoresha ikoranabuhanga kugira ngo bihute mu iterambere. Ibi ni bimwe mu byo basabwe mu...
Inzego zimwe z’ubuyobozi zivuga ko mu rwego rwo kurengera ubuzima bw’abaturage hafashwe ingamba zo kubuza abanywi b’itabi kurinywera mu ruhame, ubirenzeho akazajya...
Abakurikirana iby’ubuzima bavuga ko icyorezo cya SIDA kigihari, bagakangurira urubyiruko n’abandi bantu gukomeza gukoresha agakingirizo ngo bayirinde banakumire ubwandu bushya. Byagarutsweho tariki...