Mu murenge wa Simbi,Akagali ka Kabusanza, niho ahatangirijwe ku mugaragaro ibikorwa byo kubaka umudugudu ntangarugero . Iki gikorwa cyitabiriwe na Minisitiri w’abakozi...
Tariki ya 26 Mutarama 2017, inzu 20 z’ubucuruzi mu murenge wa Kabarore ku muhanda Kigali-Nyagatare, mu Karere ka Gatsibo, zafunzwe imiryango bitewe...
Tariki ya 25 Mutarama 2017, inzego z’umutekano z’u Rwanda n’ubuyobozi bw’ibanze zangije ibiyobyabwenge bifite agaciro ka miliyoni 23 byafatiwe mu nkambi ya...
Akarere ka Nyagatare kagaragara muri raporo y’ibikorwa ya Komisiyo ishinzwe Abakozi ba Leta y’umwaka wa 2015 – 2016, mu nzego za Leta...
Umuyobozi w’Umuryango Mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane ishami ry’u Rwanda (Transparency International Rwanda), Ingabire Marie Immaculeé , avuga ko abantu badakwiye kujya bashyira...
Ku nshuro ya mbere mu Rwanda, STECOMA (Syndicat des Travailleurs de Construction, Menuiserie et Artisanat- ihuriro ry’abafundi, ababaji n’abanyabukorikori ryategayije gutanga impamyabushobozi...
Diyabete ni indwara iterwa n’ubwiyongere bukabije bw’isukari nyinshi ndetse hakaba n’iterwa n’isukari nkeya mu mubiri, ariko kandi ikaba ivurwa igakira iyo igaragaye...
Mu Karere ka Muhanga abayobozi batangiye gahunda zo gufasha abahinzi kwibonera igisubizo ku kibazo cy’imihindagurikir y’ikirere. Ni muri uru rwego abayobozi b’Akarere...
Bifashsishije ijambo umukuru w’igihugu yagejeje ku baturage b’Akarere ka Nyaruguru ubwo yabasuraga,Ubu ni bumwe mu butumwa bamwe mu bahinzi b’icyayi basangije...
Gahunda ya Girinka Munyarwanda ni gahunda Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul KAGAME yatangije mu mwaka wa 2006, mu rwego rwo guhangana n’ubukene...