Ibi ni ibivugwa na bamwe mu bantu bemeza ko Kompanyi zitwara abagenzi zikwiye kunoza serivisi ziha abagenzi. Bamwe bavuga ko nta waceceka...
Guverineri w’intara y’amajyepfo Madame Mureshyankwano Marie Rose, aratangaza ko mu rwego rwo kubaka umujyi wa Huye nk’umwe mu mijyi 6 yunganira uwa...
Buri wa gatatu abayobozi ku nzego z’uturere bamanuka mu tugari tugize aka karere ka Gicumbi bakajya kwigisha abaturage isuku. Umwaka ushize bwo...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere amakoperative (RCA) kiratangaza ko cyashyizeho amabwiriza mashya yo guhangana n’ibibazo bivugwa mu makoperative y’abakora umwuga wo gutwara...
Abanyarwanda mu mvugo zabo zinyuranye ariko zigamije gukebura abana zibakundisha umurimo, harimo igira iti: “Udakora ntakarye.” Iyi mvugo kandi iri no muri...
Abana bo mu mirenge itandukanye igize Akarere ka Gatsibo, baratozwa kumenya guharanira uburenganzira bwabo kugira ngo bategure ejo habo heza. Ibi aba...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyaruguru bwakanguriye abaturage kubuza amahwemo inshoreke zisenyera bagenzi babo Ubuyobozi bw’akarere ka Nyaruguru buvuga ko butewe impungenge n’ikibazo...
Abacuruzi bacururiza mu isoko rya Kabarore, Umurenge wa Gatsibo, Intara y’Iburasirazuba, bishimiye iki gikorwa kurenza abandi, bavuga ko cyatumaga abaguzi batabagurira kubera...
Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango, Nyirasafari Espérance, asaba abaturage bo mu murenge wa Rukara, Akagari ka Kawangire, kwamaganira kure ihohoterwa ryose kuko ribangamira...
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Mureshyankwano Marie Rose, arahamagarira abarezi kuzamura ireme ry’uburezi no kuba intangarugero aho bari hose no muri byose. Ubwo yafunguraga...