Abaturage batuye mu Karere ka Nyaruguru, mu Murenge wa Muganza, Akagali ka Samiyonga bahangayikishijwe n’iteme ryangiritse cyane rikaba rimaze imyaka ine ridasanwa...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Kamonyi bibumbiye muri Koperative yitwa COOPRORIZ Abahuzabikorwa y’abahinzi b’umuceri ikorera mu gishanga cya Mukunguli n’ibindi...
Kuri uyu wa 31 Kanama 2023, ubwo mu Mujyi wa Kigali by’umwihariko mu Karere ka Kicukiro, abayobozi b’uturere, abahagarariye imiryango itari iya...
Polisi y’u Rwanda yashyizeho Umuvugizi wa Polisi mushya, ACP Boniface Rutikanga akaba asimbuye CP John Bosco Kabera. Ubutumwa bwa Polisi bugira buti “ACP...
Minisiteri y’Ubuzima ku bufatanye n’Ihuriro ry’imiryango ishinzwe kurengera abafite ubumuga no kurwanya SIDA (UPHLS), bamuritswe ibitabo bigiye gufasha inzego z’ubuzima gutahura abafite...
Abaturage bo mu karere ka Kicukiro, Umurenge wa Gatenga, Akagali ka Nyarurama basanzwe bivuriza kuri Poste de Sante ya Nyarurama barasaba Leta...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Musabyimana Jean Claude, yavuze ko Leta itazaha ingurane abimurwa mu manegeka, kuko nta gikorwa ishaka gukorera ku butaka bwabo...
Kuri uyu wa Kane tariki 24 Kanama 2023 ubwo ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere (Meteo Rwanda) cyatangazaga iteganyagihe ry’igihembwe cy’umuhindo 2023, ni...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Kigarama, Akagari ka Nyarurama, barataka ikibazo cy’amazi yabaye ibura bakomeje guhura nacyo,...
Sosete y’itumanaho ya MTN Rwanda yahumurije abamotari bakorera mu mujyi wa Kigali, ibabwira ko igiye kubafasha gukemura ibibazo bafite ndetse ikanabafasha kugira...