Mu rwego rwo gukomeza kunoza no kongera umuco wo gusoma ibitabo mu bigo by’amashuri abanza mu karere ka Gatsibo, umufatanyabikorwa Mureke dusome...
Ikibazo cy’amakimbirane mu miryango ni ikibazo kigenda gifata indi ntera akaba ari yo mpamvu Akarere ka Gicumbi gakomeje urugamba rwo kuyahashya mu...
Urubuga rwa internet honey-health ruvuga ko ubuki ari kimwe mu biribwa no mu binyobwa biryoha, bifite intungamubiri nyinshi, nka vitamini B1, B2,...
Akarere ka Gatsibo kahaye amahugurwa y’iminsi ibiri abagera kuri 272 batorejwe mu mitwe y’intore itandukanye bahuguriwe kuzatoza abatoza b’itorero ry’umudugudu n’abayobozi b’amasibo...
Ku itariki ya 28 Ukwakira 2017,Nyakubahwa Minisitiri w’Intebe Ngirente Edouard yifatanyije n’abaturage bo mu murenge wa Nyagatare haterwa ibiti ku buso bwa...
Abatwara abagenzi kuri moto mu Mujyi wa Kigali bibumbiye muri Koperative Mba Hafi baremeza ko bakomeje gahunda yo kubyaza umusasaruro wo...
college Fondation sina Gerard imaze imyaka 10 ishinzwe, icyo gikorwa cyo kwizihiza iyo sabukuru cyabaye taliki ya 29 Ukwakira 2017, ari...
Ibi ni biyagaragajwe n’Ubushakashatsi bwakorewe mu ishuri ryiga ibijyanye n’ibyaha ryitwa Griffith University mu gihugu cya Australia. Icyatangaje abashakashatsi ngo ni uko...
Ibi ni ibyagarajwe n’ibarura ryakozwe n’aka karere ka Gakenke ku bufatanye n’inzego z’ubuzima mu 2016 rikagaragaza ko Impinja 15 ku gihumbi arizo...
Imboga zibonekamo vitamine z’ingenzi kandi nyinshi kimwe n’imyunyu-ngugu ishobora gufasha mu kugira ubuzima buzira umuze no kugabanya stress. Ibi bigaragazwa n’ubushakashatsi bwakozwe...